Abanyaburayi binubiye ko u Burusiya bwaraye buhawe ubuyobozi bw’Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi. Bavuga ko bitumvikana ukuntu igihugu cyatangije intambara kuri Ukraine gishingwa iby’amahoro ku ...
Taarifa ifite amakuru avuga ko Paul Rusesabagina umaze iminsi mike muri Qatar ari burare ageze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Biteganyijwe ko nagera yo azaha itangazamakuru ikiganiro ari kumwe n’ab...
Umukobwa w’imyaka 28 y’amavuko wo muri Leta ya Tennessee muri Amerika yarashe abana bari bateraniye hamwe yicamo batatu abandi benshi barakomereka. Yishe n’abantu bakuru batatu bari bashinzwe kw...
Itsinda ry’intumwa ziherekeje Antony Blinken ziri i Addis Ababa mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano hagati y’ubutegetsi bw’i Washington n’ubw’i Addis Ababa. Kuva intambara yo muri Tigray yatangira ...
Umubano wa Amerika n’u Burusiya warushijeho kuzamba nyuma y’uko indege y’igisirikare cy’u Burusiya ishyize igitutu kuri drone ya gisirikare y’Amerika yo mu bwoko bwa Reaper yari yageze mu kirere kiri ...
Niyo mpamvu bwohereje indege nyinshi z’intambara hafi ya Taiwan. Ibi bibaye nyuma y’amezi abiri hari izindi ndege zoherejwe muri kiriya gice mu rwego rwo kwamagana uruzinduko rwa Nancy Pelosi wari wah...
I Beijing basohoye inyandiko irimo ingingo 12 bavuga ko zikurikijwe zaba uburyo bunyuze bose bwo guhagarika intambara y’u Burusiya na Ukraine. Imwe muri zo isaba u Burusiya kuzibukira ibyo gukoresha i...
Muri Leta ya Florida muri Amerika haravugwa inkuru y’umugizi wa nabi warashe umunyamakuru amusanze aho yari yaje gufatira amashusho y’ahabereye ubwicanyi bwakozwe n’uwo wamurashe. Umugabo uvugwaho ubw...
Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yabwiye itsinda ry’inararibonye mu ishyaka riyoboye u Bushinwa ko iki gihugu kigomba gushyiraho uburyo buhamye bwo kwihaza mu ikoranabuhanga ry’ubwoko bwose. Kimwe mu ...
Umusenateri witwa Mike Waltz wo muri Sena y’Amerika aravuza impanda asaba abayobozi b’isi n’ab’ibihugu bikomeye kwitegura guhangana batajenjetse n’ibitero by’iterabwoba kuko Islamic State iri kwisugan...









