Imodoka yari itwaye abadipolomate b’Abanyamerika boherejwe muri Sudani ngo bukurikirane uko iby’umutekano muke uhavugwa umeze, yarashweho n’abarwanyi bivugwa ko ari ab’umutwe witwa Rapid Support Force...
Bimwe mu bika bigize inyandiko ziherutse gutangazwa zivanywe mu mabanga y’Amerika bivuga ko Amerika yashyizeho uburyo bwo kumviriza ibyo Umunyamabanga mukuru wa UN Antonio Guterres yavuga n’ibyo yandi...
Ni ibyemezwa na bimwe mu binyamakuru bw’i Washington. Byemeza ko kuba hari amabanga Amerika yibwiraga ko ibitse neza ahantu hagerwa n’abantu mbarwa ariko bikarangira agiye ku karubanda, byabaye inkuru...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zatunguwe no kumva ko hari inyandiko 100 zatangajwe itabizi zirimo imigambi yazo mu ntambara ya Ukraine ndetse n’indi migambi y’ubutasi Washington yakoraga ku bihugu by’ins...
Nyuma y’uko Emmanuel Macron avuze ko u Burayi bugomba kwirinda kwivanga mu bibazo bireba Amerika n’u Bushinwa, bamwe mu bantu bashyigikiye ko Taiwan yigenga bavuze ko Macron yahubutse, avuga amagambo ...
Umunyamakuru wa Wall Street Journal witwa Evan Gershkovich amaze iminsi afungiwe mu Burusiya akurikiranyweho ubutasi. Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yatangaje ko u...
Ku nshuro ya mbere, Kenya irohereza mu kirere icyogajuru cyakozwe n’abahanga bayo. Bagihaye izina rya ‘Taifa -1’ kikaba kiri buhagaruke ku butaka kuri uyu wa Kabiri taliki 11, Mata, 2023. Ni icy...
Ibihugu Bya G7 byari bisanzwe biyobora isi mu rwego rw’ubukungu biri kuvanwa kuri uyu mwanya n’ibigize irindi tsinda bita BRICS. Umutungo w’abaturage b’u Bushinwa, Brazil, u Burusiya, u Buhinde n’Afur...
Ubufaransa bumaze igihe mu biganiro na Amerika ngo harebwe uko Paris na Washington bafatanya gusaba u Bushinwa kwinjira mu biganiro byatuma u Burusiya buhagarika intambara na Ukraine. Ibiro ntaramakur...
Ibibazo by’ubukungu bwifashe nabi ku isi byageze kuri bose ndetse no ku baherwe 25 barusha abandi bose ku isi gutunga agatubutse. Forbes ivuga ko umutungo wa bariya bagabo wose hamwe ungana na Tiriya...









