Perezida w’Amerika Joe Biden yabwiye abandi bayobozi bahuriye mu muryango w’ibihugu bikize( G7) ko mu rwego rwo guhana Uburusiya mu buryo budasubirwaho, ari ngombwa ko ibihugu byose biwugize bihagarik...
Abayobozi bakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi(mbere byahoze ari umunani hakirimo u Burusiya) barahurira i Hiroshima mu Buyapani. Bari busuzume icyo bakora ngo bakome imbere iterambe...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko hari bagenzi be batanu( nawe wa gatandatu) biteguye kuzahura na Perezida Putin ndetse na Zelensky bakaganira uko ibyo bihugu byagira uruhare mu k...
Ubutabera bw’Ubushinwa bwategetse ko John Leung usanzwe ari Umunyamerika ariko akaba aba muroi Hong Kong afungwa igihe kingana n’imyaka asigaje kubaho nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubutasi yakorereaga ...
Umuhire Eliane ni umwe mu Banyarwandakazi bamaze kumenyekana muri Filimi nyarwanda. Mu minsi mike azahurira muri filimi n’ibyamamare by’i Hollywood muri Amerika birimo Lupita Amondi Nyong’o, Djimon Ho...
Abaturage b’Afurika y’Epfo bari kwibaza icyo Guverinoma y’igihugu cyabo izungukira mu kumvana imitsi na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma y’uko Ambasaderi w’iki gihugu i Pretoria witwa Reubern Brigety...
Leta zunze ubumwe z’Amerika zakoze igihugu kimwe kandi gifite abaturage bakize kurusha abandi ku isi. N’ubwo ari uko bimeze, urwego rw’amabanki muri iki gihugu ruri gucumbagira k’uburyo hafi ½ cy’abat...
Yitwa Ajay Banga akaba ari we waraye utorewe kuyobora Banki y’Isi. Banga yigeze kuyobora Ikigo Mastercard. Inteko nyobozi ba Banki y’Isi niyo yemeje ko Ajay Banga aba Perezida wa Banki y’isi muri mand...
Umukuru w’Amerika Joe Biden yatangaje ko mu mwaka wa 2024 azongera kwiyamamariza kuyiyobora. Kuri uyu wa Kabiri nibwo yatangarije muri Video yacishije kuri Twitter ko azongera kwiyamamariza kuyobora ...
Abashinzwe kurinda umutekano wa Perezida w’Amerika bagiye kubona babona umwana uri mu kigero cy’imyaka itanu yaseseye uruzitiro yinjira mu busitani bw’ingoro ya Perezida Biden. Ushinzwe itumanah...









