Umuhungu w’umuraperi P. Diddy witwa Justin Dior Combs w’imyaka 29 yatawe muri yombi na Polisi y’i California imusanze atwaye imodoka yasinze. TMZ yanditse ko imodoka ya Polisi yirukanse ku ya Ju...
Kuri uyu wa Kane taliki 01, Kamena, 2023 nibwo amashusho ya Perezida Joe Biden agwa yasakaye ku isi. Yari amaze kuvuga ijambo rishimira ingabo zo mu kirere igihe zimaze ziga. Umuhango wabereye mu kigo...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko igihugu cye kiri kwiga uko cyashyiriraho Uganda ibihano kiyiziza itegeko Perezida wayo aherutse gusinya rwo guca ubutinganyi iwe. Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Gic...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergueï Lavrov yageze i Bujumbura avuye i Nairobi aho yaganiriye n’ubuyobozi bw’aho uko umubano warushaho kunozwa. Ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cyitiri...
Ubutegetsi bwa Joe Biden bwongeye kwibasira u Rwanda binyuze mu ‘gukomeza’ kurushinja gushyigikira 23, bukabikora bugamije kwereka amahanga ko ari rwo rwazengereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo k...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yatangaje ko hari ubwato bunini cyane bw’intambara bwa Leta y’Ubushinwa buri mu mazi buyisatira. Ubu bwato Abashinwa babwise Shandong. Buri mu mazi ari mu bilometero 300 ...
Abanyamerika bikomye Ubushinwa nyuma y’igitero bavuga ko gikomeye babagabyeho. Ni igitero cy’ikoranabuhanga kibasiye ibikorwaremezo bya Amerika, Canada n’Ubwongereza. Ibyo bikorwaremezo birimo n’ibiri...
Abaturage ba Israel baramukiye ku rugo rwa Minisitiri w’Intebe wa Israel Benyamini Netanyahu riri i Yeruzalemu bamusaba guhagarika imyitwarire ye kubera ko iri kurakaza Amerika. Bavuga ko ibyo akora b...
Umunyamerikakazi wamamaye mu ndirimbo zo mu bwoko bwa rock’n roll witwa Tina Turner yaraye atabarutse nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe. Yapfuye afite imyaka 83 y’amavuko. Uyu muhanzi yari amaze im...
Kagame yaraye ageze i Doha muri Qatar mu nama ihuza iki gihugu n’ibindi by’inshuti zacyo; iyo nama yitwa Qatar Economic Forum. Ari mu bayobozi b’ibihugu bazatanga ikiganiro muri iyi nama. Ku kib...









