Dick Sano Rutatika ari gukina mu ikipe y’u Rwanda ya Basktaball y’abakiri bato iri mu marushanwa muru Tanzania. Ni ibintu bishimishije kuri uyu musore wari umaze igihe akina mu bakiri mun...
Nyuma gato y’uko Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken arangije urugendo yakoreraga Beijing, Perezida Biden yavuze ko mugenzi we uyobora Ubushinwa ari ‘umunyagitugu’. Bid...
Abanyaburayi bazi neza ko Amerika ari igihugu kibafitiye akamaro kandi hari bamwe muri bo berura bakabivugira ku mugaragaro. Mu mwaka wa 1999 ubwo muri Kosovo habaga ubwicanyi bamwe bavuga ko bwakwitw...
Mu madosiye menshi azakurikiranirwa hafi ku isi mu minsi iri imbere, imwe mu yandi akomeye ni ibiganiro bigiye guhuza Amerika n’Ubushinwa, bizibanda ku ugushaka uko ibi bihangange byabana mu bwubahane...
Ubuyobozi bw’ingabo z’Amerika bwahaye uburenganzira indege z’intambara zo mu bwoko bwa F-22 ngo zigurukire mu kirere gituranye n’Uburusiya mu rwego rwo kububuza gukomeza kukivogera. Umuyobozi mukuru m...
Nk’uko byemeranyijwe n’impande zishinzwe ububanyi n’amahanga hagati y’Amerika n’Ubushinwa, mu mpera z’icyumweru kizarangira taliki 18, Kamena, 2023 Antony Blinken azasura Ubushinwa. Azahura na mugenz...
Umuraperi w’Umunyamerika uri mu bamamaye kurusha abandi ku isi witwa Lil Wayne avuga ko muri iki gihe yibagiwe indirimbo ze zo hambere zatumye aba icyamamare. Rwose yeruriye Rolling Stone ko nta kintu...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Leta zunze ubumwe z’Amerika yaburiye abaturage b’iki gihugu kutajya muri Uganda uko biboneye kandi n’abasanzwe bahatuye bakagira amakenga. Itangazo ritanga uyu mubu...
Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko. Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Gri...
Mu mpera za Nzeri, 2023 biteganyijwe ko i Kiev hazagera indege za mbere zo mu bwoko bwa F-16. Ni indege z’indwanyi kandi zihuta cyane. Ikibazo gihari ni uko zatinze none intambara ikaba igeze ahakomey...









