Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo avuga ko umubano w’u Rwanda n’Amerika ari kimeza kandi ikomeye. Yabivugiye mu muhango wo kwishmira uko ibihugu byombi bibanye wabereye mu Nteko ishing...
Mu gihe i Moscow bishimira ko hari ibihugu by’Afurika byitabiriye Inama yabihuje n’Uburusiya, i Washington ho mu maso harijimwe. Hijimye kubera ko ubutegetsi bwa Biden butishimiye ko hari umubano ugar...
Abanyamateka bavuga ko icyaha abantu bakoreye abandi ku isi gikomeye kurusha ibindi kandi ntigihanwe ari ubucakara Abazungu bakoreye Abirabura. Hagati y’ikinyejana cya 15 nicya 19 nyuma ya Yezu Kristu...
Minisiteri y’ingabo z’Amerika ifatanyije n’ubunyamabanga bushinzwe ububanyi n’amahanga bw’iki gihugu bari kuganira n’Umuryango w’Abibumbye ngo harebwe uko ibiganiro byo gucyura umusirikare wabo uheru...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi riribaza aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Qin Gang yaba aherereye. Hagiye gushira ukwezi atagaragara mu ruhame; bigatuma abantu bibaza aho ya...
Abahanga bavuga ko inkongi ziri kwaduka hirya no hino ku isi muri iyi myaka ari intangiriro y’ibyago bizagera ku bantu niba batagabanyije mu buryo bufatika ibyuka bihumanya bohereza mu kirere ikiremwa...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ubutegetsi bwa Biden bwanzuye ko bugiye guha Ukraine intwaro bita cluster munitions, zakumiriwe henshi ku isi. Uburusiya n’Ubushinwa batangaje ko icyo cyemezo kitazabura ...
Leta ya Florida mu zindi zigize Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko indwara ya Malaria yatangiye kuba ikibazo kuko abaturage bayo bakomeje kuyandura. Malaria ni indwara iterwa n’umubu w’ingore bi...
Ubutegetsi bwa Joe Biden buvuga ko bumaze igihe buteganya kuzoherereza Ukraine intwaro zibujijwe mu bihugu 120 kubera ko zingiza abantu mu buryo bubabaje kandi zikaba zizwiho kwica abana kandi nabi. I...
Itangazamakuru ryo muri Nigeria ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru taliki 02, Nyakanga, 2023, ubwato bw’intambara bw’ingabo z’Ubushinwa bwitwa Nanning bwageze ku mwaro wa Nigeria. Bwaje bu...









