Nyuma y’uko Amerika yoherereje ubwato bugwaho indege z’intambara mu mazi aturanye na Venezuela nayo igatangira kugurutsa indege zayo z’intambara hafi aho, hari impungenge ko hashobor...
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yanditse amagambo asaba Hamas kurekura abaturage ba Israel bose yatwaye bunyago, akavuga ko Amerika idashaka ko Hamas irekura babiri, batanu cyangwa barindwi a...
Kuri uyu wa Gatatu Tariki 03, Nzeri, 2025 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yayoboye umuhango wo kwizihiza imyaka 80 igihugu cye kimaze kigobotoye ubukoloni cyari cyashyizwemo n’Ubuyapani mu gihe cyaba...
Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe Mamoud Ali Youssouf yatangaje ko i Addis Ababa ku cyicaro gikuru cy’uyu muryango hari gushyirwaho ubunyamabanga bwihariye bwo guherekeza isinywa ry’a...
Kubera kubura amadolari y’Amerika, Leta y’Uburundi iratekereza uko yakoresha amafaranga y’Ubushinwa bita Yuan (¥) nk’amadovize buzajya bukoresha butumiza ibicuruzwa hanze. Tariki 31, Nyakanga, 2025 ni...
Mu Biro bye, Minisitiri w’ubutabera muri Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo Guillaume Ngefa Atondoko yaraye yakiriye Ambasaderi wa Amerika i Kinshasa witwa Lucy Tamlyn baganira uko ibihu...
Perezida wa Amerika Donald Trump avuga ko ari ngombwa ko Putin yicarana na Zelenskyy bakaganira ku cyakorwa ngo intambara yatangijwe muri Gashyantare, 2022 ihagarare. Ni umuhigo yihaye agomba kugeraho...
Mu ijoro ryakeye, Donald Trump yabwiye itangazamakuru ko ikiganiro yagiranye na Vladmir Putin cyabaye kiza n’ubwo nta mwanzuro wo guhagarika intambara muri Ukraine wagezweho. Trump yavuze ko icyemeran...
Nta gihindutse, Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin arateganya kuzahura na mugenzi we wa Amerika Donald Trump mu Cyumweru gitaha, bakazaganira ku ngingo zirimo no guhagarika intambara ya Ukraine imaze ...
Amagambo y’uwahoze ayobora Uburusiya Dmitry Medvedev y’uko ibyo Amerika iri gukora muri iyi minsi byavamo intambara yeruye, yatumye Trump ategeka ko ubwato bw’intambara bubiri bwoher...









