Inzego z’ubugenzacyaha z’Amerika zaraye zifashe Eric Nshimiye zimurikiranyeho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Uyu mugabo arashinjwa guhimba amakuru amwerekeyeho, agashinjwa kubangamira ubuta...
Ubusanzwe yitwa Andre Romelle Young, akaba umuraperi w’icyamamare ku isi hose ndetse utunganya n’umuziki. Itangazamakuru ryo muri Amerika rivuga ko uyu mugabo yahawe inyenyeri yo kumushimira akamaro ...
Ubuyobozi bwa Israel n’ubw’Amerika buremeza ko ingabo za Israel zishe Marwan Issa zafataga nk’ubwonko bwateguye igitero Hamas yagabye kuri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023. Issa yari uwa gatatu mu bay...
Bruce Melodie arateganya kuzataramira abazitabira ikiganiro Good Morning America kiri mu bikunzwe muri Amerika. Itangazo ry’ikigo 1.55 AM cyita ku nyungu z’uyu muhanzi rivuga ko Bruce Melodie azataram...
Itsinda ry’Ingabo z’u Rwanda, RDF, riri mu yitwaye neza mu myitozo mpuzamahanga ya gisirikare yiswe Justified Accord 24 yari imaze ibyumweru bibiri ibera mu mashyamba ya Kenya. Yitabiriwe n’abasirikar...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, ishami ry’u Rwanda UNHCR-Rwanda, ryatangaje ko mu mwaka wa 2-23 impunzi 7,826 zabaga mu Rwanda zabonye ibihugu bizakira. Ibyo ni Leta zunze Ubumwe za A...
Nyuma y’uko abasore bagize amatsinda y’abagizi ba nabi babujije indege kugwa ku kibuga mpuzamahanga cya Port-au Prince mu rwego rwo guheza Minisitiri w’Intebe mu mahanga, uyu yatse ubuhungiro muri Pu...
Ingabo zishyize hamwe z’Ubwongereza n’iza Amerika zagabye ibitero by’indege ahantu hatandukanye hari habitse ibisasu by’abarwanyi b’aba Houthis bo muri Yemen bamaze igihe barafunze inzira y’amazi y’In...
Urubyiruko rw’i Goma rwatangije imyigaragambyo aho rwamagana Leta zunze ubumwe z’Amerika n’Umuryango mpuzamahanga muri rusange bawushinja ko wirengagiza nkana ubushotoranyi bavuga ko bukorwa n’u...
Mu itangazo rya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda ryaraye risohotse kuri iki Cyumweru handitsemo ko ibyo DRC iri gukora bihangayikishije u Rwanda mu buryo bukomeye. U Rwanda ruvuga ko bigara...









