Joe Biden yabwiye ABC News ko abamusaba kuva ku butegetsi bataramuha impamvu nyazo zo kubikora. Abanyamakuru bavuga ko yakoresheje kiriya kiganiro mu rwego rwo gutuma abamusaba kwegura bacisha macye. ...
Umwe mu mfungwa zamamaye kurusha izindi mu myaka myinshi ishize witwa Julian Assange yarekuwe nyuma yo kwemera icyaha. Yari amaze imyaka myinshi afunzwe azira gusohora inyandiko yise zari zikubiyemo a...
Kuri uyu wa Kane nibwo Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yageze muri Vietnam mu ruzinduko rw’akazi. Agezeyo akubutse muri Koreya ya Ruguru aho yaganiriye na mugenzi we Kim Jon Un bakanasinya amasezer...
Brig Gen Felix Kulayigye uvugira ingabo za Uganda avuga ko ibikubiye muri raporo ishinja igihugu cye gukorana na M23 ari ibinyoma. Iyo raporo yakozwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye. Ni raporo bise...
Mu Butaliyani haratangira inama mpuzamahanga ihuza ibihugu bikize kurusha ibindi ku isi ya G7 aho byitezwe ko imwe mu ngingo zizigwaho, zikaba zanakwemezwa, ari uko imitungo yahoze ari Uburusiya yafat...
Sergueï Lavrov ushinzwe ububanyi n’amahanga mu Burusiya yageze i Conakry muri Guinea mu ruzinduko rugamije kuganira uko ibihugu byombi byakomeza gukorana haba mu bya gisirikare, ikoranabuhanga no mu z...
Perezida wa Amerika Joe Biden yatangaje ibyo yemeranyijeho na Israel kugira ngo intambara ya Gaza ihagarare. Ni ingingo ubutegetsi bwa Washington buvuga ko ziramutse zikurikijwe byatanga amahoro aramb...
Bamwe mu bazi ibikubiye ku rutonde rw’ibyo Perezida Ruto aganira na mugenzi we w’Amerika Joe Biden bemeza ko Washington ishaka gushyira Kenya mu banyamuryango badahoraho b’Umuryango w’ibihugu byo mu M...
Perezida wa Kenya William Ruto yabwiye Abanyamerika ko Afurika y’ubu itandukanye n’iyi ba sekuru bari bazi kera, ko iy’ubu ishaka ko Demukarasi iba ingingo iganirwaho aho kuba ikintu Amerika n’Uburayi...
Ibiro bya Ambasade y’Amerika muri Tanzania yatangaje ko ibaye ihagaritse imirimo kuko murandasi ari nke cyane. Tanzania niyo yahuye n’imbogamizi zikomeye zatewe n’uko imigozi yagabur...









