Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer yirinze kwerurira itangazamakuru ku byo yaganiriye na Perezida w’Amerika Joe Biden ku byerekeye kwemerera Ukraine kurasa missiles mu Burusiya. Ni mis...
Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru abarwanyi ba Hezbollah barashe ibisasu bya Katyusha 320 muri Israel mu rwego rwo kwihorera ku gitero Israel iherutse kwiciramo uwari umuyobozi wa gisirikare wa Hezbollah...
Ubwo yatangazwaga ko ari we uzahagararira Abademukarate mu matora y’Umukuru w’igihugu benshi bamukomeye amashyi, gusa we azi neza ko muri bo harimo abahoze batamuha ayo mahirwe ndetse hakirimo n’abagi...
Ubuyobozi mu Buyapani bwasabye abaturage kwirinda kwegera cyane inkombe z’inyanja kuko hari ubwoba bw’umutingo ufite igipimo cya Ritchter cya 6.9 ushobora kuza gukurikirwa n’umwuzure uturuka mu Nyanja...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...
Biden yateranije Inama y’umutekano yiga ku cyakorwa Iran iteye Israel kandi ngo ibi birashoboka mu minsi cyangwa ibyumweru bike biri imbere. Ku rundi ruhande ushinzwe ububanyi n’amahanga m...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...
Ubutasi bwa Israel buremeza ko igitero cyaraye gihitanye abana 12 kigakomeretsa abandi benshi, cyagabwe na Hezbollah. Uyu mutwe ukorera muri Lebanon wo wabihakanye, uvuga ko ntaho uhuriye nabyo. Mu ma...
Minisitiri w’intebe wa Israel Benyamini Netanyahu yaraye ababwiye abagize Inteko ishinga amategeko ya Amerika, Imitwe yombi, ko igihugu cyabo kidakwiye kwirara ngo kibagirwe ko Iran ari umwanzi wacyo ...
Abashinzwe kurinda abanyacyubahiro bihutiye kuzenguruka Donald Trump no kumuvana aho yari amaze kurokokera amasasu ariko batungurwa no kumva ababaza aho inkweto ze ziri! Ubwo bamuzengurukaga bamutwiki...









