Bamwe bavuga ko yari Umutaliyani mu gihe ubushakashatsi buheruka bwemeje ko ibihamya bya gihanga byerekana ko Christopher Columbus yari Umuyahudi wabaga muri Espagne. Impaka mu ntiti ku nkomoko ya Chr...
Itsinda ry’Abayapani bitwa Nihon Hidankyo bahawe igihembo cy’amahoro kitiriwe Nobel cy’umwaka wa 2024. Abo bantu bavuga ko barokotse bombe atomike yarashwe muri Hiroshima na Nagasaki mu mwaka wa 1945 ...
Leta ya Florida muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yamaze kugerwamo n’inkubi ikomeye yiswe Milton. Ni inkubi ifite umuvuduko wa kilometero zirenga 120 ku isaha, uyu ukaba ari umuvuduko ukomeye cyane mu ...
Karine Jean-Pierre uvugira Ibiro bya Perezida w’Amerika yatangaje ko Amerika yahaye u Rwanda miliyoni $11 ni ukuvuga arenga miliyari Frw 12 ngo ruyakoreshe mu guhangana na Marburg. Amerika iri no gufa...
Chantal Rutayisire ni Umunyarwandakazi umaze iminsi yararamaye ku mbunga nkoranyambanga aranugwanugwa gukundana n’umwe mu baraperi bakomeye ku isi witwa 50 Cent. Ubwo 5O Cent yamurikaga igitabo aherut...
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika ushinzwe ingabo witwa Lloyd Austin yaraye ahamagaye mugenzi we uyobora ingabo za Israel witwa Minisitiri Yoav Gallant amumenyesha ko Biden atashimishijwe n...
Ikigo cyo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika gishinzwe umurimo cyoherereje Repubulika ya Demukarasi ya Congo inyandiko iyimenyesha ko hari abana bakoreshwa mu bucukuzi bw’ibuye ry’agaciro rya Cobalt. Ir...
Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Ku myaka 24 umusore yibye shebuja $17,200 atorekera i Musanze ariko afatwa amenshi muri yo yamaze kuyohereza kuri konti ye. Bivugwa ko uyu musore yari asanzwe akorera shebuja mu Karere ka Gasabo. Umuv...
Ubuyobozi bwa Venezuela bwafunze Abanyamerika batatu, abanya Espagne babiri n’umuturage umwe wa Repubulika ya Czech. Abo bose bubashinja gushaka guhirika ubutegetsi bwa Maduro uherutse kwemezwa na Ko...









