Mu kibuga cya Kaminuza ya Sacramento State University muri California hashyizwe ikibumbano cyo kwibutsa abahiga n’abahigisha n’abazasura iyi Kaminuza ububi bwa Jenoside yakorewe Abatutsi. Amakuru Taar...
Perezida wa Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yahaye Elon Musk akazi muri Guverinoma nshya ko kuzafatanya n’abandi mu gucunga neza umutungo wa Amerika. Trump yashyizeho itsinda rizita kucyo ...
Perezida w’Uburusiya yavuze ko yiteguye kwitaba Donald Trump igihe cyose azatera intambwe akamuhamagara. Yaboneyeho no kumushimira intsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Amerika aheruka. As...
Amanota ava mu byamaze kuva mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Amerika, aremeza ko Donald Trump ari we uri imbere. Yamaze no gutangaza ko Amerika yamwizeye ikamuha izindi nshingano zo kuyi...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Abanyarwanda baca umugani w’uko ‘ibijya gucika bica amarenga’. Uyu mugani muri iki gihe uri hafi kugana akariho kubera ko ubushyamirane buri hagati ya Leta zuze ubumwe z’Amerika n’Uburusiya- binyuze m...
Umunyamabanga wa Leta ya Israel ushinzwe ububanyi n’amahanga Antony Blinken yabwiye ubutegetsi bwa Israel kwirinda kujya mu ntambara yeruye na Iran. Uyu muburo uje nyuma y’uko mu mpera z’Icyumweru gis...
Ku nshuro ya mbere Umushumba Mukuru wa Noble Family Church na Women Foundation Ministries, Apostle Mignone Kabera agiye gukorera igiterane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Yakise ‘Connect Conference...
Drone ya Hezbollah yaraye irashe igisasu ku ngabo za Israel aho zari ziri mu birindiro byazo biri ahitwa Binyamina hapfa abasirikare bane, abandi barenga 60 barakomereka, bamwe mu buryo bukomeye. Ubu ...
Umuhanzi Butera Knowles aherutse gutaramira Abanyamerika mu gitaramo kiswe African Rhythms bishimira inganzo ye. Igitaramo cye cyateguwe n’ikigo Global Livingstone Institute. Butera yavuze ko yanyuzwe...









