Inzego z’iperereza zo muri Amerika zarakajwe n’ibyo zise ‘kubangama’ nyuma y’uko ubwato butatu bivugwa ko bwari bupakiye intwaro zari zoherejwe muri Israel bwangiwe guca mu mazi ya Espagne ngo bukuki...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Judith Suminwa yahuye na mugenzi we wo mu bwami bwa Maroc witwa Aziz Akhannouch baganira uko Kinshasa yarushaho gucuruzanya na Rabat. Baganiri...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
Umunyamerika w’icyamamare mu gusetsa ku rwego rw’isi Steven Harvey yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi avuga ko burya imbabazi ari ingenzi mu kubanisha abantu. Yakomozaga ku mbabazi abarok...
Izi ngamba Amerika yari yarafatiye u Rwanda zirimo gukumira ingendo yise ko zitari ngombwa z’Abanyamerika baruzamo. Icyakora ikigo cya Amerika gishinzwe kurwanya no gukumira indwara (CDC) n’ibiro by’i...
Perezida w’Uburusiya Vladmir Putin yavuze ko abaherutse guha Ukraine missiles zo kurasa mu Burusiya, bakoze ikosa rikomeye kuko bizayikoraho. Mu minsi mike Ukraine yarashe missiles mu Burusiya yari ih...
Steve Harvey kuri uyu wa Gatatu yaganiriye na Perezida Paul Kagame ku nzego yazashoramo imari cyane cyane mu byerekeye imyidagaduro. Ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. Ubusanzwe yitwa Broderick Step...
Inzego z’umutekano z’Uburusiya zitangaza ko kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Ugushyingo, 2024 hari missiles zo mu bwoko bwa Atacms Ukraine yaburasheho. Bivuzwe nyuma y’igihe gito Amerika yemereye Ukraine...
Mu buryo buca amarenga ko ari yo izaba politiki y’Amerika, Umuyobozi wa Leta ya Texas witwa August Pfluger yavuze ko Amerika ifite gahunda yo gukomeza gucukura gaze kuko yayifashije kugabanya ibyuka b...
Perezida w’Amerika uherutse gutorwa Donald Trump yatangaje ko agiye kurega The New York Times, CBS, The Washington Post n’ibindi binyamakuru kuko byamusebeje kuwo bari bahanganye. Arasaba ko nibitsind...









