Donald Trump, umugore we Melanie Trump n’abandi bo mu muryango we bamaze kugera muri Kiliziya ya Saint John i Washington aho ari burahirire. Ararahira saa moya zo ku isaha mpuzamahanga ni ukuvug...
Hari umudipolomate wo muri kimwe mu bihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi wabwiye Ikinyamakuru Al Arabiya ko Israel yarangije gutegura intambara yeruye kuri Iran. Uwo muntu utatang...
Qatar igiye kongera gukora amateka yo guhuza abanzi gica ari bo Israel na Hamas nyuma yo kubafasha gushyiraho no gusinya amasezerano y’amahoro azatangira gushyirwa mu bikorwa ku Cyumweru tariki 19, Mu...
Agahinda no gushoberwa bikomeje kwiyongera mu baturage b’i Los Angeles muri California kubera urupfu rw’abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkongi zadutse mu byumweru bike bishize. Igiciro cy’ib...
Muri Leta ya California, USA, amarira ni menshi atewe no gupfusha abantu 11, kubona imitungo ishya igakongoka, abantu bagasigara iheruheru bitewe n’inkongi zikomeye ziherutse kwibasira Umujyi mukuru w...
Inkongi imaze iminsi yaribasiye Leta ya California iravugwaho gutwika inzu z’ibyamamare bikomeye muri Hollywood birimo na Paris Hilton. The Sun yanditse ko hari ibindi byamamara byahombye kubera iriya...
Leta ya California iri guhangana n’inkongi ikomeye imaze iminsi mike ihadutse, ubu ikaba iri kototera ahantu hakinirwa filimi hakomeye ku isi hitwa Hollywood Hills. Muri iyi Leta hari ahantu hatandatu...
Ku Bunani bwa 2025 umugabo witwa Shamsud-Din Jabbar yagonze abantu bari mu birori hapfa 15 hakomereka abandi 35. FBI ivuga ko uwo mugabo ari Umunyamerika ukomoka muri Leta ya Texas akaba afite imyaka ...
Mu mezi atandatu ashize, Perezida wa Turikiya Erdogan yigeze kuvuga ko nabishaka azagaba ibitero muri Israel nk’uko yabigabye muri Azerbaijan mu ntambara yiswe iya Nagorno-Karabakh ndetse ngo azabikor...
Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Leta zunze ubumwe z’Amerika avuga ko aherutse kuganira n’ubuyobozi bushya bwa Syria buyobowe n’abarwanyi b’umutwe Hayat Tahrir al-Sham( HTS). Ni umutwe...









