I Caracas muri Venezuela hafatiwe umwanzuro wo guha abaturage intwaro, bagatozwa kurwana bitegura kuzahangana na Amerika igihe izaba ibashoyeho intambara. Mbese abaturage bari gutegurirwa intambara. B...
Perezida Donald Trump yabwiye abitabiriye Inama y’Inteko rusange ya UN ko bakabiriza ibyo gushyuha kw’ikirere. Yagarutse kandi ku ngingo y’uko abemeye ko Palestine iba igihugu kigeng...
Minisitiri w’Intebe wa Pologne Donald Tusk yavuze ko nihagira ikintu icyo ari cyo cyose cyongera kuvogera ikirere cyayo bazagihanura. Abivuze aha umuburo Uburusiya nyuma y’uko hari drones zabwo zigeze...
Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Kuri Truth Social, Perezida Donald Trump yatangaje ko yategetse ingabo ze kurasa ubundi bwato bwa Venezuela. Trump avuga ko ubwo bwato bwari butwaye ibiyobyabwenge, abitangaza nyuma y’uko mugenz...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyemeranyije n’Ubushinwa ko TikTok ikomeza gukora muri Amerika. Ubwo yajyaga ku butegetsi mu ntangiriro za 2025, Trump yavuze ko TikTok ikwiye...
Umunyamabanga wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika Marco Rubio yageze i Yeruzalemu ajyanywe no kuganira na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu ku ntambara muri Gaza no kumubaza icyamuteye kurasa kuri Qa...
Minisitiri w’Intebe wa Qatar Sheikh Mohammed bin Abdulrahman al-Thani arajya i Washington kubwira Perezida Trump impungenge yatewe n’igitero Israael iherutse kugaba ku butaka bwe ihakurikiye abayobozi...
Umwe mu bantu ba hafi wari ukuri muto witwa Charlie Kirk yishwe arashwe ubwo yari yaje kwifatanya n’abanyeshuri bo muri Kaminuza ya Utah. Byababaje cyane Donald Trump avuga ko Amerika ihombye cy...









