Kubera imvura nyinshi yaraye iguye, imodoka itwara indembe yo ku bitaro bya Remera Rukoma mu Karere ka Kamonyi yaje korohama mu mugezi. Yari yagiye gutwara umurwayi ku Kigo Nderabuzima cya Kabuga maze...
Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru hatangiye amahugurwa y’iminsi ibiri ku bijyanye no gutanga ubutabazi bw’ibanze bugenewe abakoze impanuka bategereje ambulance cyan...
Didas Ntakarutimana ni umwe mu bajyanama b’ubuzima bakorera i Nyange mu Karere ka Ngoma. Yabwiye itangazamakuru ko we na bagenzi muri rusange bagira ikibazo cyo kutabona imbangukiragutabara vuba bityo...
Abashinzwe umutekano mu muhanda bavuga ko hirya no hino mu Rwanda hagaragara abashoferi bitambika imbangukiragutara(Ambulances), bakazima inzira kandi ziba zigiye gutabara Abanyarwanda ubuzima buba bu...
Mu murenge wa Cyabingo, Akarere ka Gakenke haravugwa inkuru ya Ambulance ya RDF yagonganye na FUSO. Bivugwa ko iyi FUSO yavaga Nyabihu ijya i Musanze. Byabereye mu Mudugudu wa Muhororo saa yine na mi...
Imbangukiragutabara yo ku Bitaro bya Mibirizi yagonze umunyegari wari uhetse amata amanuka mu Mudugudu wa Kadasaoma mu Kagari ka Kamashangi, mu Murenge wa Kamembe, i Rusizi ahita apfa. Iyi modoka yari...





