Josefa Leonel Correia Sacko usanzwe ushinzwe Komisiyo y’Iterambere ry’icyaro n’ubuhinzi muri Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe anenga ko abayobozi bahora mu nama z’urudaca ariko zidakemura ...
Abaturage b’Umujyi wa Muhanga bavuga ko amazi yabaye macye kandi ko ari ikibazo kimaze igihe. Bamwe muri bo bavuga ko bitangaje kuba hirya no hino hari ibigega ariko bigasa n’aho ari umutako kuko nta...
Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi bya Niger yateye imyuzure imaze guhitana abantu 83. Aba bantu babaruwe muri Komini 538 zibasiwe nawo. Intara ebyiri nizo zimaze kubarurwa ko zibasiwe n’iki kiz...
Raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima n’irishinzwe kwita ku bana, itangaza ko bibabaje kuba hafi ½ cy’amavuriro hirya no hino ku isi nta bukarabiro bwujujwe ibisabwa byos...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe isuku n’Isukura, WASAC, bwatangaje ko guhera Taliki 10 kugeza Taliki 12 henshi mu Mujyi wa Kigali hagiye kubura amazi. Muri icyo gihe ngo abakozi ba WASAC b...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura cyatangaje ko kubera ibura ry’amashanyarazi ku ruganda rutunganya amazi rwa Nzove, biteganyijwe ko ibice hafi ya byose by’Umujyi wa Kigali bizabura amazi. WA...
Uruganda rutunganya amazi rwitwa Jibu rwaraye rutangaje mu byo rukora byose ruba rugamije ko abanywa amazi rutunganya bagira ubuzima bwiza kandi ntibahendwe. Ruvuga ko niyo hari ikibazo kibonetse rwih...
Ubuyobozi bw’Ikigo gitunganya kikanagurisha amazi kitwa JIBU buherutse guha abarema isoko ry’i Rwamagana, i Gishari, ryigurishirizwamo imbuto n’imboga amazi atunganywa na ruriya ruganda kugira ngo bib...
Guhera mu mwaka wa 2018 kuzamura, hari abakiliya b’uruganda rutunganya kandi rukagurisha amazi rwitwa JIBU(Ni ijambo ry’Igiswayile rivuga Igisubizo) bacyemangaga ubuziranenge bw’aya mazi. Bavuga...
Kimwe mu biganiro bivuga ku mibereho n’amateka y’abantu kiri mu byakunzwe kurusha ibindi mu Rwanda ni ikitwa ‘Inyanja Twogamo’. Uwakise gutya yashakaga kwerekana ko ubuzima bw’abantu ari uruvange rw’...









