Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryatangaje ko umuhanda wa Muhanga- Ngororero- Mukamira wari wafunzwe kubera amazi yari yawuzuye, wongeye kuba nyabagendwa. Kuri iki Cyumw...
Mu Murenge wa Kinyababa hari amakuru y’umugabo n’umugore we baraye batwawe n’amazi kugeza bakaba baburiwe irengero ubu ntibaraboneka. Umugabo yabonye umugore we arohamye, ajya kumurohora, ariko ...
Abana bafite imyaka 12 y’amavuko barimo n’uwitwa Vanessa Mukandoli babwiye Taarifa ko bategetswe kujya bajyana amazi ku ishuri kugira ngo abo mu gikoni baze kubona ayo batekesha ibyo bari[abana] burye...
Bamwe mu batuye Umurenge wa Rugarika mu Karere ka Kamonyi aho kagabanira n’Akarere ka Nyarugenge bari gutabaza ubuyobozi ngo bubakize ingona zibicira abantu. Babwiye TV1 ko hari abantu benshi bajya ku...
Mu gihe abaturage banenga abayobozi babahaye amavomo atabamo amazi, bamwe bakayita imirimbo, ku rundi ruhande, Meya w’aka Karere Appolonie Mukamasabo avuga ko abo baturage ‘batanyurwa.R...
Abitabiriye Inama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, abikorera ku giti cyabo n’abarebwa n’imibereho myiza y’abaturage, banenze ko hari benshi mu bacururiza mu Mujyi wa Muhanga bagira umwanda. Ni ...
Imihagurikire y’ikirere igiye gukamya burundu icyuzi cyahaga amazi abatuye umujyi wa Muhanga nk’uko bitanganzwa n’ubuyobozi bwa WASAC muri uriya mujyi uri mu yungirije Umurwa mukuru, Kigali. Abatuye u...
Mu gace ka Lagdo muri Nigeria ariko haturanye na Cameron hari inkuru mbi y’abantu barenga 600 bamaze kubarurwa ko bapfuye bazize amazi menshi yatewe n’umwuzure wakuriwe n’imvura ihamaze iminsi ndetse ...
Abapolisi 11 bakorera mu ishami rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu mazi (Police Marine Unit) bahawe impamyabumenyi zerekana ko bahuguwe neza ku byerekeye gukorera akazi mu mazi harimo no gushakish...
Abapolisi mu ishami rya Polisi y’u Rwanda bashinzwe gucunga umutekano mu mazi, baherutse kwibutswa ko akazi bakora gafitiye Abanyarwanda akamaro bityo ko bagomba gukomeza kwihugura kugira ngo bakore a...









