Libya, Ubugereki, Espagne, Ubushinwa, Hong Kong n’Amerika y’Amajyepfo ni ibice bitandukanye by’isi biherutse kwibasirwa n’imyuzure yishe ibihumbi n’ibihumbi by’abantu. Nk’ubu hari ubwoba ko abantu bar...
Nyuma yo gutsindira mu buryo budasubirwaho kuzaha amazi abakinnyi, abatoza n’abandi bazitabira imikino yo muri Festival yiswe Giants of Africa iri hafi kubera mu Rwanda, Jibu Rwanda ivuga ko ari intam...
Abasenateri bagize Komisiyo y’iterambere ry’Imari n’Ubukungu muri Sena y’u Rwanda babajije ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, impamvu hari ingano nini y’amazi gitunganya ipfa ubusa, ...
Niyomukiza Eric na Niyomugabo Claude bigaga mu Mashuri abanza yo ku Murenge wa Kinihira barohamye mu Mugezi wa Nyabarongo barapfa. bahasiga ubuzima. Eric yari afite imyaka 11 y’amavuko n’aho Niyomu...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bibumbiye mu muryango bise Humura kuri iki Cyumweru taliki 25, Kamena 2023 bazajya kunamira imibiri 917 y’Abatutsi batembanywe n’Akagera kakabata muri Tanzania. M...
WASAC yamenyesheje abatuye imirenge imwe n’imwe y’Umujyi wa Kigali n’indi yo mu Karere ka Kamonyi ko kuva tariki ya 8 -22 Kamena, 2023 hazaba ibura ry’amazi. Bikubiye mu itangazo WASAC yasohoye rivu...
Ikigo cy’ubucuruzi bw’amazi asukuye JIBU, ishami ry’u Rwanda, cyishimiye uko imikoranire yacyo na Marine FC yagenze muri shampiyona ishize. Si Marine FC , iki kigo cyakoranye nayo mu mwaka ushize kuk...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite imyaka 24 y’amavuko, wari ufite a...
Uwamahoro Rehema uhagarariye abacuruzi b’amazi ya JIBU mu Rwanda hose avuga ko abacuruzi bateye inkunga abakoze Jenoside yakorewe Abatutsi bahemutse bakoresha imari yabo mu gutera inkunga ubwaca...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko abaturage bagomba kumva no kumvira inama bahabwa n’abayobozi babo kuko ari bo zigirira akamaro. Avuga ko kumvira h...









