Hari abaturage bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanga bavuga ko uburyo WASAC isaranganyamo amazi budakwiye. Ababivuga ni abo mu Mirenge ya Nyamabuye, Shyogwe, Muhanga na Cyeza. Bavuga ko bamwe muri bo b...
Ubuyobozi bw’ikigo “mpuzamahanga” gitunganya kikanagurisha amazi, JIBU, bwatangije urubuga rwa murandasi abantu bazajya batumirizaho amazi. Kuri rwo harimo aho abantu batumiriza amaz...
Ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza amazi WASAC bwatangaje ko amazi ari bube make mu mirenge irindwi y’Akarere ka Gasabo kubera ko hari umuyoboro wayo wangiritse ukeneye kubanza gusan...
Rugira Jean Baptiste ushinzwe ubuzima mu Karere ka Kayonza n’ibikorwa by’isuku n’isukura avuga ko kuba ishuri ryisumbuye rya Gishanda ryarimakaje isuku bigaragaza ko ubukangurambaga ...
Nyuma y’uko abaturage baturiye amazi y’amashyuza basabye ko habaho uburyo bwo kuyarinda kuko hari abayagwamo cyane cyane abana, ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita umutungo kamere w’amazi, Rwanda Water B...
Imvura yaraye iguye mu Karere ka Rusizi n’ubu ikaba ikigwa yangije ikiraro cyahuzaga Umurenge wa Gikundamvura n’uwa Muganza aho bita kuri barrage. Iki kiraro cyafashaga abacuruzi b’umuceri n’ind...
Bisa n’aho bidashoboka ko Umunyarwanda[kazi] yateka ifunguro iryo ari ryo ryose atabanje kuronga ibiribwa. Bamwe bumva ko ari isuku kandi koko, muri rusange, ni ngombwa ko ibiribwa bw’amoko menshi bir...
Avoka 124,000 zingana na toni 22.4 zageze ku cyambu cya Rotterdam zizanywe n’ikigo SoukFarms gitunganya izi mbuto. Ku cyambu za Rotterdam zakiriwe n’ikigo Best Fresh Group, iki kikaba ikigo cy’Abahola...
Mu rwego rwo kurinda ko amazi y’umugezi wa Sebeya azongera gusenyera abaturage nk’uko byagenze muri Gicurasi, 2023, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu n’abafatanyabikorwa bako bugiye kubaka inkuta n’ibira...
Abantu batanu bo mu Mudugudu wa Kabahizi, Akagari ka Mata, mu Karere ka Karongi barohamye mu kiyaga cya Kivu, babiri barapfa umwana muto aburirwa irengero. Umukecuru wapfuye yapfanye n’umwuzukuru we w...









