Kuri uyu wa Mbere taliki 29, Nyakanga, 2024 mu Karere ka Nyagatare hatangijwe imirimo yo kubaka urugomero runini ruzakusanya kandi rugatunganya metero kibe miliyoni 55 z’amazi yo guha abatuye imirenge...
Hari abakiliya b’Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura bashinja umuyobozi wacyo mu Karere ka Muhanga kuba ntibindeba, ntaboneke mu kazi ngo akurikirane uko basaranganywa amazi bigatuma hari bamwe...
Ubuyobozi bwa Croix Rouge y’u Rwanda ruherutse gutaha umuyoboro w’amazi wa kilometer0 13 wubakiwe guha ababatutage ba Gisagara amazi meza. Abatuye aho uwo muyoboro ukorera bashima ko babonye amazi mez...
Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...
Abaturage b’i Rusizi bishimiye ko Ikigo cy’igihugu gishinzwe guha amazi meza abaturage, WASAC, cyongeye kubagezaho amazi nyuma y’uko ibura ryayo ryari ryaratumye ijerekani igera ku Frw 800 kuzamura b...
Kubera amazi menshi yuzuye mu muhanga uhuza Muhanga n’Akarere ka Ngororero, ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda ryanzuye ko uba ufunzwe. Abagana muri Ngororero baturutse i Kigali bagomba ...
Abatuye Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bahawe amazi ahagije yatunganyijwe binyuze mu muyoboro wubatswe ku bufatanye bwa Minisiteri y’ibikorwa remezo, Water Aid na WASAC. Ni umuyoboro ufite ubu...
Akarere ka Bugesera karatahwamo umuyoboro mugari w’amazi witezweho gufasha abaturage kubona amazi ahagije. Kuwutaha birakorwa kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Werurwe, 2024 mu gikorwa kiri buyoborwe na M...
Abenshi mu bataka kubura amazi ni abo mu Mirenge ya Kamembe na Gihundwe. Bavuga ko byatewe n’uko hari umuyoboro w’amazi wacitse. Muri iki gihe bavuga ko ijerekani imwe igura Frw 500 kandi nayo kuyabon...
Akarere ka Muhanga gahanganye n’ikibazo gikomeye kirebana n’ubuke bw’amazi mu Mujyi wa Muhanga udasiba kwaguka. Mu rwego rwo kureba uko baba bagikemuye mu rugero runaka, abakayobora bavuga ko bagiye g...









