Abacururiza mu gasenteri k’ubucuruzi kari mu Kagari ka Ndatemwa mu Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo baratabaza inzego ngo zibabarize uruganda Gatsibo Rice Company Ltd impamvu rudakora imiyobor...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje igishushanyo gisobanura uko ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda bizabyazwa umusaruro. Ibiyaga by’ingenzi mu Rwanda ni ikiyaga cya Kivu, ikiyaga cya Muhazi, i...
Hari abatuye Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi bavuga ko bamaze igihe batagira amazi meza kandi bafite amavomo. Banenga ko abashinzwe amazi bayabaha ari uko hari abayobozi bo mu nzego nkuru z’igi...
Munyangeyo Dieudonné Kennedy wayoboraga Televiziyo y’u Rwanda yeguye ku buyobozi bwayo nyuma y’uko WASAC itangaje ko yasanze ayiba amazi. Niwe watangaje ko yeguye hanyuma RBA nayo itangaza ko yemeye ...
Polisi ishinzwe umutekano mu mazi ya Uganda yafunze abarobyi 24 bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ifatira ubwato bwabo n’ibyari biburimo byose. Ibyo ni moteri n’incundura bari bajyanye kurobe...
Imihindagurikire y’ikirere ikomeje guteza Afurika ibizazane by’ubwoko bwinshi! Raporo iherutse gutangazwa turi bugarukaho mu kanya, yerekana ko amashyamba yo kuri uyu mugabane ari gutemwa ku bwinshi b...
Mu Mudugudu wa Mata mu Kagari ka Muhanga, Umurenge wa Muhanga hari abaturage basaba gusubizwa umuyoboro w’amazi bakuruye bayakura mu isoko hanyuma barawamburwa uhabwa rwiyemezamirimo ngo awucunge. Kuw...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko hari abantu batatu barengewe n’amazi ubwo bacukuraga mu kirombe bakaza gukubita ahandi amazi akabazamukana. Ni ikibazo cyabaye mu mugoroba wo kuri uyu wa Kane...
Umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Jacqueline Kayitare avuga ko aka Karere kari hafi guha isoko uzaba waritsindiye ngo yagure imihanda yo mu Kagari ka Gahogo. Ni Frw 3,791,885,012 zizakoreshwa hagurwa imi...
Akarere ka Gatsibo kari mu turere twa mbere mu Rwanda tutagira amazi ahagije abagatuye n’abagasura. Mu rwego rwo kurangiza cyangwa se kugabanya ubukana bw’iki kibazo, kuri uyu wa Mbere hatangijwe ku m...









