Mu Mudugudu wa Rugarama, Akagari ka Gatare mu Murenge wa Macuba muri Nyamasheke haravugwa urupfu rw’umuturage wazize kugwa mu mugezi bitewe n’uko ikiraro yambukaga cyamuvunikiyeho. Uwapfuy...
Imirambo ine niyo imaze kuboneka y’abantu batwawe n’amazi y’imvura nyinshi yaguye Tariki 05, Kanama, 2025 mu Mujyi wa Beni mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, abandi biganjemo abana bakaba b...
Inyamaswa ziri mu moko menshi ari zo amafi, ibikeri n’intubutubu, inigwahabiri, ibikururanda n’inyamabere. Reka duhugurane ku miterere y’inyamabere: ubwoko bw’inyamaswa burimo ...
Leta zunze ubumwe z’Amerika cyane cyane imwe muri 50 ziyigize yitwa Texas iri mu gahinda nyuma yo gupfusha abantu 81 abandi 41 bakaba baraburiwe irengero kubera umwuzure uherutse kwibasira iyi ntara i...
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Mubarakh Muganga yatashye umuyoboro wubatswe mu Murenge wa Ndego mu Karere ka Kayonza uzaba amazi ingo 3,000 . Ni igikorwa ngarukamwaka ingabo z’u Rwanda na ...
Prof. Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gukwirakwiza Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC), avuga ko, mu rwego rwo gukuraho ibyateraga iki kigo Leta ifitemo imigabane igihombo, umufatabuguzi uzajya utin...
Prof.Omar Munyaneza uyobora Ikigo gishinzwe gutanga amazi, isuku n’isukura, WASAC, avuga ko hari ikoranabuhanga rigiye kuzagezwa hiryo no hino rituma umuturage avomera ku ikarita amazi angana n’ayo yi...
Mu Karere ka Nyamagabe hatangijwe umushinga wo kugeza amazi meza ku bahatuye bose ufite agaciro ka Miliyoni $62 ni ukuvuga Miliyari Frw 90. Imiyoboro y’ayo mazi izubakwa k’ubufatanye bwa M...
Umuryango wibuka Abatutsi bajugunywe mu mazi witwa Dukundane Family wabibukiye ku ruzi rw’Akagera ku gice cyayo gikora ku Murenge wa Masaka, Akagari ka Rusheshe muri Kicukiro. Abagize uyu muryango bav...
Imiterere y’u Rwanda iranyuranye kandi bigira ingaruka ku mitunganyirize n’imitangirwe y’amazi meza cyane cyane mu cyaro. N’ubwo u Rwanda rwiyemeje ko mu mwaka wa 2030 abaturag...









