Binyuze mu kigega mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imishinga y’ibidukikije Global Environment Facility (GEF), Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, cyahawe Miliyoni $18 azakore...
Mu Ntara y’Amajyepfo yateraniye Inama yo gufatira hamwe ingamba zo kurwanya isuri mu Ntara y’Amajyepfo. Imibare yayitangiwemo n’ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ...
Munyakazi Sadate wigeze kuyobora Rayon Sports aherutse gusura itongo ry’aho iwabo bahoze batuye. Avuga ko rimwibutsa ko ‘inyamaswa mbi ari umuntu.’ Sadate akomoka ku Mayaga. Ku rukuta rwe rwa Twitter ...


