Dr. Corneille Ntihabose wo muri Minisiteri y’ubuzima avuga ko muri iki gihe hari 5% by’amavuriro y’ibanze, postes de santé, zidakora [neza] kubera impamvu zitandukanye. Ndetse ngo muri rusange icyizer...
Nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda hari amavuriro yegerejwe abaturage bita postes de santé angana 9% adakora na gake cyangwa se akora nabi. Ibi bigira ingaruka kuri serivisi...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwabwiye itangazamakuru ko hari postes de santé eshatu zidakora kuko ba rwiyemezamirimo bazitaye zituzuye. Buvuga ko byatewe n’uko RSSB itishyuye abo ba rwiyemezamiri...
Raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima n’irishinzwe kwita ku bana, itangaza ko bibabaje kuba hafi ½ cy’amavuriro hirya no hino ku isi nta bukarabiro bwujujwe ibisabwa byos...



