Umunya-Algérie witwa Adel Amrouche watoje muri Tanzania no mu yandi makipe akomeye muri Afurika yagizwe Umutoza mukuru wa Amavubi asimbuye Umudage Torsten Frank Spittler. Spittler yarangiye manda ye a...
FERWAFA yemeje ko uwari umutoza mukuru wa Amavubi, Frank Torsten Spittler, adakomeza kubikora kuko ibiganiro byo kongera amasezerano yagiranaga nawe ntacyo byageze ho. Uyu mugabo ukomoka mu Budage ya...
Irushanwa rya CHAN rimaze gusubikwa inshuro ebyiri guhera mu mwaka wa 2024 kugeza ejobundi tariki 14, Mutarama, 2025 ubwo CAF yavugaga ko ibyo kurikina muri Gashyantare uyu mwaka byimuriwe muri Kanama...
Amasezerano y’umutoza mukuru wa Amavubi, Torsten Frank Spittler yarangiranye n’umwaka wa 2024. Uyu mugabo ukomoka mu Budage yageze mu Rwanda aje gutoza Amavubi mu ntangiriro z’Ugushyingo, 2023. Yari a...
Mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Mbere tariki 23, Ukuboza, 2024 nibwo Amavubi ari bugere i Kigali nyuma yo gutsindwa n’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Sudani y’Epfo yitwa Bright Stars ibitego...
Mu buryo busa n’ubuca amarenga y’uko umutoza w’Amavubi ashobora kongererwa amasezerano yo kuyatoza, ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ko hari ibiganiro biri kuba hagati y’impande zombi. Umudage Fran...
Ikipe y’igihugu Amavubi yaraye iteye Abanyarwanda n’Umuyobozi wabo Paul Kagame akanyamuneza nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Djibouti ibitego bitatu ku busa. Hari mu mukino wo kwishyura mu ijonjor...
Abanyarwanda bakunda umupira w’amaguru by’umwihariko n’abakunda igihugu cyabo muri rusange baraye bishimiye ko Amavubi yijajaye atsindira Benin kuri Stade Amahoro ibitego 2-1. U Rwanda na Benin bisanz...
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yaraye asezerewe mu mikino ya CECAFA ubwo yahuraga n’ikipe ya Tanzania ikayatsinda ibitego 3-0. Uyu mukino wabereye mu kibuga kitwa AZAM Complex kuri uyu mugoroba. Int...
Mpayimana Philipe ushaka ko bamutorera kuyojora u Rwanda yatangaje ko yifuza ko izina ‘Amavubi’ ryitwa ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru rihinduka. Ngo yifuza hashakwa irindi zina rifite uburemere. ...









