Umworozi witwa Nzabakurana Jean Marie Vianney worore mu Murenge wa Kimonyi mu Karere ka Musanze avuga ko aho inganda zikora ibiryo by’amatungo zitangiriye gukora, byatumye amatungo cyane cyane i...
Mu Murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke haravugwa urupfu rw’amatungo magufi bigakekwa ko ari imbwa ziyica. Nazo zatangiye guhigwa bukware hakaba hari ebyiri zishwe. Ibarura rivuga ihene esheshatu n...
Mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Ntarama hari umugore witwa Peace Niyoyita woroye ingurube 400 z’icyororo cya kijyambere, agashima ikoranabuhanga rya drones z’ikigo Zipline rimufasha koroza ab...
Umuturage usanzwe wikorera ku giti cye avuga ko ibyo umuyobozi muri RAB ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi aherutse gutangaza by’uko mu myaka itanu iri imbere buri rugo ruzaba rworoye inkoko, byagombye ahub...
Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Abaganga bavuga ko imwe mu mpamvu zitera abantu kurwara igicuri ari ukurya inyama z’ingurube zidahiye neza kandi zikaba zarabazwe ku ngurube yororewe mu mwanda. Igicuri ni indwara ifata ubwonko, uyirw...
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko imibare uru rwego rwakusanyije ku byaha byakozwe ku Bunani igaragaza ko byagabanutse muri rusange ur...
Abaturage bo mu Karere ka Gakenke babwiye itangazamakuru ko bahawe ibagiro rifite ubushobozi bwo kubagirwamo inka 600 ku munsi ariko ngo zarabuze k’uburyo habagwa iziri hagati y’eshatu n’icumi ku muns...
Syverien Twagirayezu atuye mu Mudugudu wa Mihigo, Akagari ka Nyabisaga, Umurenge wa Mukindo mu Karere ka Gisagara. Croix Rouge y’u Rwanda yamworoje inka, irabyara imuha n’ifumbire. We na bagenzi be bo...








