Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yaraye ababwiye abayobozi b’amadini n’abayoboke bayo bari baje mu gitaramo cya Rwanda Shima Imana ko bakwiye guharanira ko ubuzima bwabo bayobora butajya mu ka...
Kagame yavuze ko amateka y’Abanyarwanda yerakana ko umuntu ashobora kuba umuntu mubi agakora amahano, ariko nanone ngo u Rwanda rwabaye urugero rw’ukuntu umuntu yaba muzima agakora ibitangaza byiza. A...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangaje ko ugiye gusabira Ubumwe bw’Abakirisitu mu Rwanda. Ni igikorwa cyari gisanzwe gikorerwa mu Mujyi wa Kigali ariko bishobora kuzagurwa bikagezwa no mu matorero ...


