Kuri uyu wa Mbere nibwo Dr. Chysostome Ngabitsinze yashyiriye Komisiyo y’amatora inyandiko ikuyemo abakandida ba PSD mu matora y’Abadepite ateganyijwe mu mezi abiri ari imbere. Ngabitsinze...
Nyakubahwa Paul Kagame watanzwe ho umukandida na FPR-Inkotanyi yagejeje kandidatire ye kuri Komisiyo y’amataro ngo azongere ayobore u Rwanda. Ni nyuma y’uko Komisiyo y’amatora kuri uyu wa Kane taliki ...
Abantu umunani nibo batanze kandidatire yo kuziyamamariza kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’igihugu y’amatora yabwiye abanyamakuru ko hari n’abandi 41 basabye impapuro zo kujya gushaka imikono, ibemerera ...
Peter Mutharika wahoze uyobora Malawi yatangaje ko ashaka kongera kuba Perezida wa Malawi mu matora azaba mu mwaka wa 2025. Uyu mugabo muri iki gihe afite imyaka 84 akaba ashaka kongera kuyobora Malaw...
Zitto Kabwe uyobora Ishyaka ACT- Wazalendo ryo muri Tanzania arateganya kuzahangana na Perezida wa Tanzania Madamu Samia Suluhu Hassan. Amatora y’Umukuru w’igihugu muri Tanzania ateganyijw...
Abaturage bo mu gace ka Gujarat mu Buhinde bazindukiye mu matora y’Umukuru w’igihugu ariko mu bushyuhe bugera kuri 40C. Si muri Gujarat gusa ahubwo n’ahandi bazindutse mu cyakare ngo...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yasabye abifuza gutorerwa kuyobora u Rwanda kutazahirahira ngo bahimbe imikono y’ababasinyiye hirya no hino mu gihugu. Perezida w’iyi Komisiyo y...
Komisiyo y’amatora muri Sudani y’Epfo yatangaje ko mu Ukuboza, 2024 ari bwo hazaba amatora y’Umukuru w’igihugu. Niyo azaba abaye bwa mbere kuva iki gihugu gitangiye kwigenga mu mwaka wa 2011. Byari bi...
Iki ni ikibazo Perezida Kagame yabajijwe mu kiganiro yahaye itangazamakuru kuri uyu wa Mbere taliki 01, Mata, 2024. Kagame avuga ko umusimbura azaboneka byanze bikunze kandi ko agomba kuzaba umuntu uh...
Bassirou Diomaye Faye niwe weemejwe ko yatsinze amatora y’Umukuru wa Senegal mu buryo bweruye. Uwo bari bahanganye witwa Amadou Ba yahise amushimira ku ntsinzi ye. Asimbuye Macky Sall wari umaze imyak...









