Abatuye umujyi wa Musanze no mu nkengero zawo hamwe no mu bice by’icyaro, mu ma saha y’urukerera rwo kuri uyu wa gatandatu tariki 22 Kamena 2024, bari bamaze gusesekara mu mihanda, babukereye berekeza...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’amatora Charles Munyaneza asaba abanyamakuru kuzirinda gutangaza ibyavuye mu matora kubera ko ibyo ari inshingano ya Perezida wa Komisiyo y’amatora. Icyo ri...
Iteka rya Perezida ryemeje ko amatora y’Abasenateri azaba muri Nzeri, 2024. Iri teka ryasohotse mu igazeti ya Leta Rivuga ko kwiyamamaza bizatangira taliki 26, Kanama, birangire ku wa Gatandatu taliki...
Perezida Kagame yakomoje ku banyamakuru baherutse kwihuza bandika ibyo bise Forbidden Stories bavuga ko ubuyobozi bw’u Rwanda ari bubi, ko bari bakwiye gukoresha amafaranga yabo mu bindi. Ku byerekeye...
Umukuru w’u Rwanda yabwiye abajyanama b’ubuzima bagera ku 8,000 bari baje guhura nawe ko Politiki y’ejo hazaza izakorwa n’urubyiruko kandi ko igomba kurusha ubwiza n’akamaro Politiki y’igihe cyatambut...
Mu masaha make ari imbere, Perezida Paul Kagame waraye wemejwe bidasubirwaho ko azahagararira Umuryango FPR Inkotanyi mu matora y’Umukuru w’igihugu, araganira n’abajyanama b’ubuzima bahagarariye aband...
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abemerewe kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Perezida wa Repubulika. Hatangajwe ko abujuje ibisabwa ari Paul Kagame w’Umuryango...
Uwababyeyi Jeannette wigeze gukorera RBA igihe kirekire akora amakuru asanzwe ariko yibanda ku y’ubukungu yaraye agejeje kuri NEC impapuro zisaba kwemererwa kuba Umudepite uhagarariye abagore. K...
Ku rukuta rwe rwa X, Dr. Frank Habineza yatangaje ko yagejeje kuri Komisiyo y’amatora inyandiko ebyiri zaburaga mu idosiye yo gusaba kwemererwa kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubuka mu matora abura ...
Jeanne d’Arc Nyiramahirwe usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete mu Karere ka Burera yaraye agejeje kuri Komisiyo y’igihugu y’amatora inyandiko zisaba kwemerwa kuziyamamaza nk’umugore uhaga...









