Amakuru aravuga ko Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Felix Tshisekedi ari gutegura mu ibanga uko Itegeko Nshinga ryahinduka kugira ngo azongere yiyamamaze. Impamvu ibitera ni uko ashaka gu...
Abantu 12 baraye batorewe kuba Abasenateri muri Sena y’u Rwanda, uretse babiri, abandi bose bari basanzwe muri uru rwego ruri mu nzego nkuru ziyobora u Rwanda. Abo bantu 12 batowe mu bandi 28 bari biy...
Uwo ni Musenyeri Dr. Laurent Mbanda usanzwe uyobora Itorero ry’Abangilikani mu Rwanda. Mbanda yasimbuye Musenyeri Philippe Rukamba ku buyobozi bw’Umuryango uhuza Amatorero, Amadini na Kiliziya (Rwand...
Perezida wa Kenya yatumiye bagenzi be bo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ngo baze mu muhango wo gutangaza ku mugaragaro ko Kenya yemeje Raila Odinga ngo aziyamamarize kuba Perezida wa Komisiyo y...
Guverinoma ya Sudani y’Epfo ivuga ko ibikenewe kugira ngo amatora y’Umukuru w’igihugu akorwe mu mutuzo no mu mucyo bitarabona bityo ko adashoboka. Ni inshuro ya gatatu ubutegetsi bwa Sudani y’Epfo but...
Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yaraye ashimiye ku mugaragaro abantu bose bagize uruhare mu migendekere myiza y’amatora harimo n’urwego rw’abikorera ku giti cyabo. Yashimiye ...
Joe Biden wari warahakanye agatsemba ko atazareke kwiyamamariza kongera kuyobora Amerika, yavuye ku izima aharira Visi Perezida we Harris Kamala. Kamala Harris wari Visi-Perezida niwe uzahagararire is...
Jean de la Croix Havugimana ni umuhanzi ukizamuka wo mu Karere ka Huye. Hamwe n’umugore, baherutse gusohora indirimbo bashima ibyiza Paul Kagame uherutse gutorerwa gukomeza kuyobora u Rwanda yagejeje ...
Dr. Frank Habineza w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party of Rwanda) uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu avuga ko guhera mu Cyumweru git...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni yaraye ashimiye mugenzi we Paul Kagame uherutse kongera gutorerwa kuyobora u Rwanda. Komisiyo y’amatora mu Rwanda iherutse gutangaza ko Paul Kagame yatorewe k...









