Komisiyo y’amatora muri Namibia yatangaje ko Netumbo Nandi-Ndaitwah wo mu ishyaka SWAPO riri ku butegetsi muri Namibia yatsinze amatora y’Umukuru w’igihugu. Netumbo-Nandi-Ndaitwah yabonye amajwi areng...
Kizza Besigye uri mu batavuga rumwe na Leta ya Uganda tavuga yafungiwe muri gereza ya gisirikare i Kampala nyuma y’iminsi micye yari amaze muri Kenya. Umugore we Winnie Byanyima niwe wabitangaje akeme...
Perezida w’Uburusiya yavuze ko yiteguye kwitaba Donald Trump igihe cyose azatera intambwe akamuhamagara. Yaboneyeho no kumushimira intsinzi aherutse kwegukana mu matora y’Umukuru w’Amerika aheruka. As...
Nk’uko byari biteganyijwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane i Maputo mu Murwa mukuru wa Mozambique hakozwe imyigaragambyo ikomeye yiganjemo urubyiruko rushyigikiye umukandida wo mu ishyaka ritavuga rum...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade y’u Rwanda mu Murwa mukuru wa Mozambique, Maputo, ifunze imiryango by’agateganyo. Ni icyemezo kizamara iminsi ibiri nk’uko Minisiteri ...
Amanota ava mu byamaze kuva mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Amerika, aremeza ko Donald Trump ari we uri imbere. Yamaze no gutangaza ko Amerika yamwizeye ikamuha izindi nshingano zo kuyi...
Mu masaha ya kare kare Abanyamerika baramutse bitabira gutora Umukuru w’igihugu cyabo, akaba agomba gutorwa hagati ya Kamala Harris na Donald Trump. Nubwo abaturage b’iki gihugu bagera kuri miliyoni 2...
Abanyarwanda baba muri Mozambique bari mu gahinda ko kwibasirwa n’abaturage bo muri iki gihugu barakajwe n’ibyavuye mu matora birara mu maduka yabo barabasahura. Abo baturage barakajwe ni uko Daniel C...
Muri iki gihe isesengura rya politiki mu Burundi rigaragaza ko mu gihe habura amezi atanu ngo habe amatora y’Umukuru w’igihugu hari bamwe mu banyapolitiki bari gufungwa, abandi bagakurwa umutima. Abo ...
Ku wa Gatatu taliki 10, Ukwakira, 2024 abaturage ba Mozambique bazitabira amatora y’umukuru w’igihugu. Ni amatora bivugwa ko azaba ari ay’amateka kuko hitezwe ko umugabo w’imyaka 47 y’amavuko witwa Da...









