Aba cardinals 133 bose bamaze kugera muri Chapelle Sistine iri i Roma ngo batore Papa usimbura Francis uherutse gupfa. Abatora bose bagomba kuba bafite imyaka itarenze 80. Mbere hari butore aba Cardin...
Tariki 07, Gicurasi, 2025 nibwo muri Chapelle Sistine hazabera amatora ya Papa uzasimbura Francis uherutse kwitaba Imana. Ni ubwa mbere hazatora aba Cardinals 133 kuko bari basanzwe batora ari abantu ...
Yoram Baguma w’imyaka 28 y’amavuko yemereye urukiko ko Tariki 11, Werurwe, 2025 yashatse guhutaza Perezida Museveni ubwo yari yagiye kuganira n’abatuye Kawempe ku byerekeye amatora. Icyo gihe hari ama...
Lionel Sentore, umwe mu bahanzi bbarimbira mu buryo bwa gakonda nyarwanda akaba yararirimbye indirimbo yamamaye mu gihe cy’amatora y’Umukuru w’igihugu aheruka ari mu Rwanda ngo ategure igitaramo. Alub...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente, yagiye guhagararira Perezida Paul Kagame mu irahira rya Daniel Francisco Chapo uherutse gutorerwa kuyobora Mozambique riba kuri uyu wa gatatu. Mu Gushyingo 20...
Justin Trudeau wari ugiye kumara imyaka 10 ari Minisitiri w’Intebe Wa Canada yeguye. Yatangarije itangazamakuru ko yabanje mbere na mbere kwegura nk’umuyobozi w’ishyaka ry’aba ...
Mu mwaka wa 2025 hari ibihugu by’Afurika biteganyijwemo amatora y’Umukuru w’igihugu, ay’Abasenateri, Abadepite n’abandi. Ahateganyijwe ay’Abadepite ni mu Burundi, muri Seychelles, muri Comores naho m...
Imyigaragambyo yongeye kwaduka mu Mijyi imwe n’imwe ya Mozambique nyuma y’uko urukiko rurinda Itegeko Nshinga rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze mu buryo b...
Abanyapolitiki babiri bakomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo Martin Fayulu na Moise Katumbi banzuye gukorera hamwe bagamije guhirika ubutegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi. Byatangajwe na P...
Umuryango FPR-Inkotanyi wamenyesheje abanyamuryango bawo uko amatora y’abayobozi bawo ateye guhera ku rwego rw’Umudugudu kugeza ku rw’Umujyi wa Kigali. Kuri uyu wa Garandatu taliki 07 nibwo azatangira...









