Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Ifatwa ryabo ryaraye ritangajwe na Minisiteri y’umutekano mu gihugu. Rivuga ko abafashwe bari bagize itsinda ry’iterabwoba ryateguraga kuzaburizamo Amatora azaba ku Cyumweru tariki 11, Mata, 2021. Aba...
Hasigaye amasaha make ngo abatuye Congo-Brazzaville batore Umukuru w’igihugu. Bwana Denis Sassou Nguesso niwe uhabwa amahirwe yo kongera gutorwa, akayobora indi manda ya gatandatu. Abagize Ishyaka rit...
Perezida Yoweli Museveni yaraye yemeye ko hari amajwi yibwe mu matora y’Umukuru w’Igihugu aheruka kuba tariki 14, Mutarama, 2021 ariko akemeza ko uwo bari bahanganye[ wayatsinzwe] ari we wabyungukiyem...
Umuyobozi w’Ishyaka ‘National Unity Platform, Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine uherutse guhangana na Perezida Museveni mu Matora akayatsindwa, ntiyabyemeye ahubwo muri ...
Bobi Wine yaraye yanditse inyandiko ayigeza ku Rukiko rw’Ikirenga atanga ingingo zerekana ko yibwe amajwi mu Matora y’Umukuru w’Igihugu aherutse yatsinzwe na Yoweri Museveni. Abanyamategeko be basabye...
Amajwi amaze kubarurwa mu matora yo muri Uganda arerekana ko Umukandida wa NRM Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere kuko afite amajyi 4,340,134 (61.98 %), agakurikirwa na Bobi Wine uhagarariye is...
Kugeza ubu amajwi y’uko abaharanira kuyobora Uganda barushanjyijwe arerekana ko Yoweli Kaguta Museveni ari we urusha abandi 11 bahanganye barimo umugore umwe witwa Nancy Kalembe Linda. Kuba amatora n...
Umuyobozi w’ihuriro rya Politiki ryitwa The National Unity Platform Presidential witwa Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine yatoreye ahitwa Magere Freedom Square aherekejwe n’umufasha we witwa Barbie...
Amafoto atangwa n’abanyamakuru bari i Kampala arerekana abaturage bagiye ku biro by’amatora gutora Umukuru w’Igihugu n’Abadepite batonze imirongo miremire, bageranya cyane k’uburyo kwirinda COVID-19 b...









