Perezida Paul Kagame yabwiye isi yose ko yiteguye kuzongera kwiyamamariza kuyobora u Rwanda no mu yindi myaka 20 iri imbere kubera ko abaturage ari bo bahitamo ubayobora. Umunyamakuru wa France 24 yar...
Ubwo yatangizaga ibikorwa byo kwiyamamariza kuzayobora Kenya, William Ruto yatangaje ko natsinda amatora azashyiraho urukiko rwihariye rwo kuburanisha Uhuru Kenyatta kubera ibyaha amushinja ko yakoze ...
Raila Odinga yatangaje ko mu bikorwa bye byo kwiyamamariza kuyobora Kenya azakorana na Madamu Martha Wangari Karua. N’ubwo icyizere cy’uko ari we uzatorwa gishobora kuraza amasinde, ariko kugeza ubu ...
Kuri uyu wa 24, Mata, 2022 Abafaransa baba mu Rwanda bifatanyije na bagenzi babo baba hirya no hino ku isi mu matora y’Umukuru w’igihugu cyabo. Abahatanira uyu mwanya ni Marine Le Pen na Emmanuel Macr...
Amajwi amaze kubarurwa mu biyamamariza kuyobora u Bufaransa kugeza ubu, arerekana ko Emmanuel Macron ari imbere, agakurikirwa na Marine Le Pen. Macron afite 27,6% n’aho Le Pen akagira 23, 41%. Aya maj...
Mu gihe kuri iki Cyumweru taliki 10, Mata, 2022, Abafaransa bazatora uzabayobora mu yindi myaka itanu, imibare y’agateganyo irerekana ko Emmanuel Macron ari we uri imbere akarusha Marine Le Pen umukur...
Perezida Evariste Ndayishimiye avuga ko igihugu cye cyamaze igihe kinini mu bibazo bya Poltiki byakidindije. Yemera ko ighe kigeze ngo abagituye bakore batere imbere, bave mu bibatanya. Ibyo avuga ni...
Hasigaye igihe gito ngo abaturage ba Kenya batore uzabayobora. Abakandida babiri bakomeye biyamamariza uyu mwanya ni Raila Odinga na William Ruto wari usanzwe ari Visi Perezida wa Kenya. Kubera ko Ken...
Ubuyobozi bw’Urwego rw’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda, Rwanda Private Sector Federation, butangaza ko muri manda bwaraye butorewe, buzibanda kwagura imikoranire na bagenzi babo bo mu mahanga. Byavu...
Inyandiko ikubiyemo ubutumwa Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yagejeje ku Bafaransa abamenyesha imigambi afitiye igihugu cye nibongera kumutora, yavuze ko icyo ashaka ari uko u Bufaransa buba ig...









