Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo irashinjwa ko itarageza henshi ibikoresho byo gufasha abaturage kwiyandikisha kuri lisiti y’itora. Sosiyete sivile niyo ibitangaza. Ba...
Abanyarwanda icyenda bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EALA) hamwe na bagenzi babo bo mu bindi bihugu barahiriye Ni inteko ishinga amategeko irim...
Amakuru ya Komisiyo y’amatora avuga ko amatora y’Abanyarwanda bazaruhagararira mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatoye abantu icyenda. Umwe muri bo ni Bwana Dr Hareba...
Teodoro Obiang Nguema Mbasogo w’imyaka 80 y’amavuko niwe watangajwe ko yatsindiye kuyobora kiriya gihugu muri manda ye ya gatandatu. Asanzwe ari Perezida umaze igihe kinini ku isi ‘ayobora igihugu.’ ...
Ishyaka ryari risanzwe ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Israel riyobowe na Benyamini Netanyahu ryatsinze amatora y’Abadepite mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu. Bivuze ko Netanyahu ari we ugiye ko...
Abashoferi b’amakamyo bo muri Brazil bashyigikiye Bwana Bolsonaro uherutse gutsindwa amatora, bafunze imihanda bakoresheje amakamyo manini. Babikoze mu rwego rwo kwerekana ko batishimiye ko Lula da Si...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo haravugwa dosiye y’umugabo witwa Jean-Pierre Lisanga Bonganga wahoze ari Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’Inteko ishinga amategeko (Ministre des Relations avec le...
Nyuma y’uko Raila Odinga avuze ko yibwe amajwi ndetse akaregera Urukiko rw’Ikirenga, kuri uyu wa Mbere rwatangaje ko William Ruto ari we watowe n’abaturage ngo abe Perezida wabo. Perezida wa Komisiy...
Martha Karua wiyamamazanyaga na Odinga aremeza ko hari abanyamahanga 19 n’Abanya Kenya babiri bagize uruhare rutaziguye mu kwibira amajwi William Ruto. Ruto niwe uherutse gutangazwa ko yatsindiye kub...
Ishyaka Green Party rya Frank Habineza riravugwamo amacakubiri ashingiye k’ukuba hari abagize Komite nyobozi bavugwaho gushaka kuricamo ibice bakariremeramo irindi shyaka. Habineza ariko yabwiye...









