Amatora ya Perezida wa FIFA amaze gutorera Gianni Infantino kongera kuyobora FIFA muri Manda y’imyaka ine. Aya matora ari kubera muri BK Arena akaba yitabiriwe n’abantu bakabakaba 2000, baturutse mu ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini witwa Hon. Sen. Pastor Lindiwe Dlamini. Dlamin...
Oluseguni Obasanjo wigeze kuyobora Nigeria yatangaje ko ibyavuye mu matora yegukanywe na Bola Tinubu byatekinitswe. Ngo ni ibintu bikozwe kandi mu buhanga bwinshi. Dele Alake wari uyoboye ibikorwa byo...
Amajwi amaze kubarurwa mu Ntara nyinshi za Nigeria aremeza ko Bola Ahmed Tinubu ari we watorewe kuyobora Nigeria. Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo The New York Times na RFI bivuga ko akurikiwe na...
Ibyo imibare y’ibyavuye mu matora ya Perezida wa Nigeria biri kwerekana kugeza ubu( taliki 28, Gashyantare, 2023) birerekana ko Bola Tinubu ari we uri imbere. Asanzwe aba mu ishyaka riri k’ubutegetsi....
Uhuru Kenyatta ari muri Nigeria mu biganiro n’abahagarariye ibihugu byabo muri kiriya gihugu kugira ngo barebere hamwe uko ibintu bihagaze muri iki gihe mu rwego rwo gutegura amatora y’Umukuru w’igih...
Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa Komisiyo y’amatora, Hon Oda Gasinzigwa yavuze hari kwigwa uko amatora ya Perezida wa Repubulika yahuzwa n’ay’Abadepite. Ni mu buryo bwo gucunga neza imari iyakores...
Hon Oda Gasinzigwa wigeze kuba Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango akaza no guhagararira u Rwanda mu Nteko ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yaraye agizwe Perezi...
Ubwo yari yagiye kuganira n’abaturage ngo bamugezeho ibibazo nawe azabigeze kuri Guverinoma, Abatwa bo mu gace kitwa Mwaro babwiye Minisitiri Imelde Sabushimike kubashakira amabati bagasakara inzu, ab...
Umwe mu bagize Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Jean Lucien Bussa yatangaje ko umunye-Congo udafite Se wavukiye muri kiriya gihugu ari umwanzi w’igihugu. Asanzwe ari Minisitiri w...









