Ubuyobozi bwa EAC bwatangaje ko nta ndororerezi y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba yemerewe kujya kugenzura amatora y’Umukuru w’igihugu azabamuri DRC kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Ukuboza, 2023. Im...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Amatora, Charles Munyaneza, yabwiye itangazamakuru ko nta matora ya Visi Meya ushinzwe Imiturire n’Ibikorwa remezo usimbura Merald Mpabwanamaguru yaraye ako...
Amakuru ataremezwa n’uruhande rudafite aho rubogamiye avuga ko Corneille Nangaa wahoze uyobora Komisiyo y’amatora ya DRC yihuje na Bertrand Bisimwa wo muri M23 bakora ishyaka bise Alliance...
Mu ibaruwa umunyapolitiki Katumbi yanditse akagenera kopi Radio Okapi, yatangaje ko ahagaritse kwiyamamariza kuyobora DRC kubera ko ngo aho agiye kwiyamamaza hose asanga abo ku ruhande rwa Tshisekedi ...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko taliki 14(ku Banyarwanda baba hanze yarwo) na taliki 15, Nyakanga, 2024 ( ku Banyarwanda baba mu Rwanda) ari bwo hazaba amatora ya Perezida wa Repubulika akom...
Denis Mukwege ashinja uruhande rushyigikiye Felix Tshisekedi kumubangamira mu bikorwa bye byo kwiyamamaza. Avuga ko hari insoresore zishyigikiye Tshisekedi zimanura amafoto ye aho amanitse zikayaca zi...
Kuri uyu wa Mbere taliki 04, Ukuboza, 2023 nibwo igice cya mbere cy’igihe abakandida bo kuyobora DRC bahawe ngo biyamamaze cyuzuye. Imibare irerekana ko Felix Tshisekdi na Moïse Katumbi ari bo bari i...
Inteko rusange ya Sena yateranye kuri uyu wa Mbere taliki 27, Ugushyingo, 2023 yemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko ngenga rihindura itegeko ngenga n° 001/2019.OL ryo ku wa 29/07/2019 rigenga amat...
Mu masaha y’ijoro ryakeye kuri uyu wa 20, Ugushyingo, 2023, Prof Augustin Matata Ponyo yanditse kuri X ko akurikije uko ibiganiro by’abatavuga rumwe na Leta biherutse kubera i Pretoria byanzuye, ahise...
George Weah wari umaze igihe ayobora Liberia yashimiye uwo bari bahanganye mu matora yo kuba Perezida wa Liberia witwa Joseph Boakai kubera ko ari we abaturage bahisemo ngo amusimbure mu nshingano. Ni...









