Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
Kuri iki Cyumweru nibwo abo mu Ishyaka CCM bahagarariye abandi bahuye bemeza ko Samia Suluhu Hassan ari we uzabahagarira mu matora y’Umukuru w’igihugu azaba mu Ukwakira, 2025. Ku mbuga nko...
Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yageze ku Biro bikuru by’Ishyaka rye National Resistance Mouvement, NRM, gufata impapuro zimwemerera ku mugaragaro ko ari we uzarihagararira mu matora y’Umukuru w’ig...
Uru rukiko rwanzuye ko ibiherutse gutangazwa ko byavuye mu matora bigatangazwa na Komisiyo y’amatora CENI ari ukuri kandi ko nta buriganya bwabiranzwemo. Aya matora yabaye Tariki 05, Kamena, 202...
Minisitiri ushinzwe itumanaho n’ikoranabuhanga muri Guverinoma y’Uburundi witwa Léocadie Ndacayisaba yabwiye abanyamakuru bo muri iki gihugu kwirinda ikintu cyose cyazakurura amacakubiri mu baturage m...
Sena ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yaraye yemeje ko hajyaho itsinda ry’abantu 40 baziga kandi bagatanga umwanzuro k’ubusabe bw’Urukiko rukuru rwa gisirikare bw’uko Joseph Kabila yamburwa ubudah...
Abaganga baherutse gusuzuma uwahoze ari Perezida wa Amerika, Joe Biden, bamusangana cancer ifata ubugabo kandi iri ku kigero cyo hejuru cyane. Abo mu Biro bye nibo baraye babitangarije ABC News, ndets...
Umudepite wo mu ishyaka riharanira iterambere ry’Abatwa bo mu Burundi witwa Jean-Baptiste Sindayigaya yakubiswe n’abantu batahise bamenyekana benda kumumena ijisho. Yabwiye itangazamakuru ryo mu gihug...
Guhera kuri uyu wa Kabiri Tariki 13, Gicurasi, kugeza mu byumweru bitanu biri imbere, kuri televiziyo ebyiri zo mu Rwanda hazatambutswa ibiganiro by’abana bahize abandi mu gusobanukirwa imikorer...
Ku munsi wa mbere w’amatora ya Papa uzasimbura Francis nta mu cardinal waraye wemejwe, bityo umwotsi wera werekana ko hari uwatowe ntiwazamurwa. Aho kuzamura uwera hazamutse uwirabura bityo isi ibona ...








