Abubaka Stade Amahoro mu Murenge wa Remera muri Gasabo bavuga ko kuyubaka bimaze kugera kuri 90%. Iri gusakarwa, yashyizwemo intebe, ibyatsi ndetse ibyo byatsi ubu byashyizwemo amatiyo yo kubyuhira mu...
Abasenateri bagize Komisiyo y’iterambere ry’Imari n’Ubukungu muri Sena y’u Rwanda babajije ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe isuku n’isukura, WASAC, impamvu hari ingano nini y’amazi gitunganya ipfa ubusa, ...

