Mu muhanda Mukamira-Karago ku Mudugudu wa Mwiyanike, Akagari ka Kadahenda mu Murenge wa Karago haherutse gufatirwa abantu babiri bahetse kuri moto udupfunyika 10,000 tw’urumogi. Urwo rumogi rwari rur...
Inkuru y’umwana w’imyaka icyenda(9) bivugwa ko yajugunywe mu rwobo na Mukase ni imwe mu zababaje abantu. Bamwe bavuga ko ari ubugome bukabije, ko uwabikoze akwiye kubiryozwa. Bamwe bavugaga ko ari ub...
Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko( crime) ...
Nyuma y’igihe kirekire hari impaka zishyushye hagati y’abagize Inteko ishinga amategeko y’Amerika bishakamo uwayobora Umutwe w’Abadepite, ubu umugabo witwa Kevin McCarthy niwe wegukanye uyu mwanya. Ni...
Ubushinjacyaha bwa Repubulika ya Peru bwataye muri yombi abasirikare batandatu bafite ipeti ryo ku rwego rwa Jenerali bakurikiranyweho ruswa ishobora kuba yaratumye bahabwa ariya mapeti n’uwahoze ari ...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko ari ngombwa ko buri Munyarwanda agomba kuzirikana ko mu gihe cy’iminsi mikuru kwirinda ibyaha biba ari umwanzuro mwiza. Bisanzwe bimenyerewe ko mu mi...
Yitwa Florida Kabasinga. Aherutse gutorerwa kuba Umunyamabanga mukuru w’Ihuriro ry’Abanyamategeko bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba ryitwa East Africa Law Society (EALS). Iri huriro rigizwe n’...
Phiona Umwiza wigeze guhatanira kuba Miss Rwanda mu mwaka wa 2020 ariko akaba isonga cye cya mbere, ubu arashaka noneho guhagararira urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Ubura...
Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari gutorwa umushinga w’itegeko rizagenga Polisi y’u Rwanda mu gihe kiri imbere. Muri ryo harimo ingingo ya 63 ivuga ko umupolisi uzajya utoroka akazi, azafatwa ...
Muri Raporo ya Transparency International-Rwanda yaraye itangajwe handitsemo ko mu nzego zakorewemo ubushakashatsi mu rwego rwo kureba uko ruswa y’igitsina n’ihohoterwa rishingiyeho ihagaze, mu Nteko...









