Raporo ya buri Cyumweru yerekana ibihugu u Rwanda rwoherereje ibihingwa cyangwa ibikomoka ku matungo byinshi mu gihe kingana n’Icyumweru, yerekana ko kimwe mu bihugu rwoherereje amata ari Sudani y’Epf...
Imodoka yari ivuye kugemura amata mu bice bituranye n’ahitwa Radar muri Rubirizi ya Kicukiro yabuze feri iri kumanuka kuri AVEGA hafi ya kaburimbo igana Kabeza, uwari uyitwaye ayigongesha umugunguzi,...
Amakuru Taarifa ifite aremeza ko imyiteguro yo kwikira Perezida Paul Kagame mu Ntara y’i Burasirazuba irimbanyije. Izaba ari Intara y’u Rwanda ya gatatu asuye kuko yabanjiriye mu Ntara y’Amajyepfo, ak...
Mu minsi micye ishize aborozi bari bamaze iminsi batakira itangazamakuru ko igiciro cy’amata cyazamutseho hafi Frw 200 kuri Litiro imwe. Basabaga inzego zibishinzwe kureba uko hashyirwaho igiciro kimw...
Mu gihe ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa hafi ya byose byazamutse mu giciro, amata niyo yari akiboneka ku giciro umuntu yakwita ko kiringaniye. Icyakora muri iki gihe abatuye Umujyi wa Kigali barataka ...
Nta myaka ibiri, itatu…ijya ishira nta kibazo cy’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda kivutse! Akenshi Kenya ishinja Uganda gushaka kuzuza ku isoko ryayo ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge cyangwa bihomb...
Nyuma y’ibiganiro byagiye bitangirwa ariko bigapfuba, hari amakuru avuga ko inzego z’ubucuruzi hagati ya Kenya na Uganda zigiye gusubukura ibiganiro ku buhahirane bw’amata. Ni ibiganiro biteganyijwe g...
Abagabo icumi bafashwe kuri uyu wa Gatanu tariki 22, Ukwakira, 2021 bakurikiranyweho gusahura Fusso yakoze impanuka itwaye ibicuba 52 by’amata. Aho gutabaza bihutiye kuyisahura bajyana mu ngo zabo. Ni...
Imibare itangazwa na Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yatangaje ko ugereranyije n’uko umukamo wari umeze muri 2014 ubworozi bw’inka bukomeje gutera imbere. Umukamo wavuye kuri litiro 1,735,000 m...
Abasore bazana amata mu Mujyi wa Kigali baturutse mu Karere ka Gicumbi bitwa Abacunda bageze ahitwa Gaseke mu Karere ka Gicumbi bahagarikwa n’abapolisi bababwira ko bitemewe kubera amabwiriza mashya ...








