Ugereranyije n’uko byari byifashe muri Werurwe, 2024, ibiciro byo muri uko kwezi mu mwaka wa 2025 byazamutseho 6,5% nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR. Imibare nk’iyi ibon...
K’ubufatanye na LODA, ubuyobozi bw’Umujyi bwateguye kandi butoza itsinda ry’abahanga bazaha abahoze ari abazunguzayi inguzanyo izishyura kuri 2% kugira ngo bakomeze gucururiza ku maseta yabo aho kugir...
Abacuruzi n’abaguzi b’ibirayi hirya no hino mu Mujyi wa Kigali bavuga ko ibiciro by’ibirayi ku isoko byagabanutse ugereranyije no mu bihe byahise. Basanga byatewe n’uko muri iki gihe ibirayi byeze mu ...
Ubuyobozi bwa RSSB bwabajijwe n’Abadepite ba PAC impamvu mu mibare yabwo y’ibanze yerekanaga ko buzubaka inzu zigezweho zigize Batsinda II kuri miliyari Frw 15.5, ariko umugenzuzi w’imari ya Leta aga...
Ubuzima bw’abatuye Imijyi y’u Rwanda muri rusange n’abo mu cyaro bukomeje kugorana. Impamvu ni nyinshi ariko ikomeye kurushaho ni izamuka ry’ibiciro ku masoko. Nk’ubu Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarur...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu barimo bane bo muri Nyanza n’umwe wo muri Gisagara. Uru rwego ruvuga ko bariya bayobozi batawe muri yombi kubera ibimenyetso ...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda Bwana John Rwangombwa avuga ko mu rwego rwo kugabanya itakara ry’agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda, hirindwa ko kakomeza gutakara, Banki nkuru y’u Rwanda yafashe icy...
Mukasarasi utuye mu Murenge wa Remera ahitwa mu Gihogere avuga ko iyo urebye uko ibiciro bihagaze ku isoko ubona ko ibintu bikomeje uko bimeze muri iki gihe, abantu benshi bazasuhuka bakava i Kigali! ...







