Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, WHO, riratabariza abana bo mu mijyi hirya no hino ku isi kuko bamara igihe kirekire bari mu nzu bareba filimi bikabashyira mu byabo byo kurwara amaso...
Ku bufatanye bwa Minisiteri y’Ubuzima n’urugaga rw’abaganga bavura amaso, abaganga bavura amaso babaze abaturage 64 bari barwaye ishaza. Kubabaga byakorewe ku bitaro Bikuru bya Kibungo bikaba byari ig...
Ubushashatsi bwakozwe na Kaminuza ya Edinburgh iri muri Ecosse bwakorewe ku bantu 44,480 bo hirya no hino mu Bwongereza n’ahandi mu Burayi bwerekanye ko hari isano hagati yo kugira ubwenge bwinshi, gu...


