Ikigo gicuruza imodoka cyo mu Rwanda kitwa Auto 24 Rwanda cyeretse abaguzi bo mu Rwanda imodoka z’amashanyarazi by’umwihariko zikorwa n’Uruganda rwa Tesla rwa Elon Musk. Izamuritswe mu Rwanda ni izo...
Ingaruka z’intambara iri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo yari yaratumye umuriro mu Mujyi wa Goma ubura. Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe kibaha amazi kivuga ko kugeza ubu amashanyarazi yaga...
Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge kandi bigakwizwa m...
Mu karere ka Karongi habereye igikorwa cyo gutangiza umushinga mugari wo gucukura no gutunganya gazi ivuye mu Kiyaga cya Kivu. Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente wari uhagarariye Perezida Kagame ...
Joseph Habyarimana utuye mu Murenge wa Gikundamvura mu Karere ka Rusizi wamenyekanye muri 2016 mu Nama y’igihugu y’Umushyirano ubwo yasetsaga u Rwanda rwose binyuze mu ijambo yagejeje ku bari bawitab...




