Mu gihe imodoka zikoresha amashanyarazi zikomeje kuba imari ishyushye ku isi, iziresha umwuka wa hydrogen zo zatangiye kubura aho zizajya zijya gushyirishamo undi kubera ko stations ziwutanga zatangiy...
Mu Mudugudu wa Kalima n’uwa Duwani mu Kagari ka Murama, Umurenge wa Bweramana mu Karere ka Ruhango hari abaturage babwiye itangazamakuru ko ubuyobozi bw’uyu Murenge buri kumwe n’abakozi ba REG babasab...
Abanyarwanda baba mu Rwanda no mu mahanga bamaze igihe gito bitabira gutanga amafaranga azafasha mu guha imiryango ya bagenzi babo amashanyarazi aturuka ku mirasire y’izuba. Kugeza ubu abitabiriye bu...


