Ubukene buri mu ngo nyinshi z’Abanyarwanda ntibugira ingaruka ku mafunguro bafata, kubyo bambara, aho baba no mu kwivuza gusa ahubwo bugira ingaruka no ku bidukikije cyanecyane amashyamba. Barayatema ...
Binyuze mu kigega mpuzamahanga gishinzwe guteza imbere imishinga y’ibidukikije Global Environment Facility (GEF), Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije, REMA, cyahawe Miliyoni $18 azakore...
Mu mirenge ituriye ikiyaga cya Kivu mu turere twa Rutsiro na Rubavu hatangiye guterwa ibiti by’imbuto n’ibisanzwe kugira ngo bifate ubutaka buva mu misozi igikikije bityo hirindwe isuri. Isuri ibaho i...
Imihindagurikire y’ikirere ikomeje guteza Afurika ibizazane by’ubwoko bwinshi! Raporo iherutse gutangazwa turi bugarukaho mu kanya, yerekana ko amashyamba yo kuri uyu mugabane ari gutemwa ku bwinshi b...
Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nib...
Ni umuhigo watanzwe na Minisitiri w’ibidukikije Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya ubwo yatangizaga icyumweru cyo kwita ku bidukikije cyarabgirijwej muganda ngarukakwezi waraye uhuriweho n̵...
Mu Karere ka Karongi haherutse kwaduka inkongi yatwitse hegitare zirenga 20 z’amashyamba yo mu mirenge ya Rwankuba, Gitesi na Bwishyura. Meya yasabye abaturage gukaza irondo kugira ngo bajye bazimye i...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye Abakuru b’ibihugu bituriye uruzi rwa Congo ko u Rwanda rushyigikiye umuhati wabyo wo kubungabunga amazi yarwo. Hari mu nama yahagarariyemo Perezida Pau...
Abakora mu rwego rw’igihugu rushinzwe guteza imbere amashyamba bavuga ko ubwinshi bw’imodoka zo muri Kigali bugira uruhare mu kuzamuka kw’ibyuka bishyushya ikirere cy’u Rwanda. Bavuga ko mu rwego rwo ...
Raporo y’abahanga mu micungire y’amashyamba basanzwe bakorera Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, yiswe The State of World’s Forests 2022 ivuga ko u Rwanda ruri mu bihugu ...









