Visi Perezida wa Guinée Equatoriale Teodoro Obiang Nguema Mangue yanditse ku rubuga X ko bagiye guhagarika abayobozi bose bagaragaye bakorera imibonano mpuzabitsina mu Biro bya Minisitiri. Hari amas...
Umuraperi Fireman ahamya ko EP( Extended Play) aherutse gukora yatumye yinjiza umuziki we ku rwego rwiza kuko yatangiye no kuwucuruza ku mbuga za murandasi zicuruza umuziki. Extended Play ni umuziki w...
Ikigo gitanga serivisi z’amashusho Canal + Rwanda cyatangaje ko abashaka kureba amashusho y’imikino y’igikombe cy’Afurika bahawe uburyo bwo kuzayireba badahenzwe. Dekoderi ni Frw 5000 ku batayifite, a...
Ikigo gitanga serivisi z’ikorabuhanga n’itumanaho ryifashishje amashusho, Canal + Rwanda, cyatangije ikoranabuhanga bita ‘Dubbing’ rikoreshwa mu gutuma umuntu runaka agaragara nk’uvuga ururimi rwawe m...
Ikigo mpuzamahanga gitanga serivisi z’itumanaho, ibikoresho byaryo ndetse n’ikoranabuhanga kitwa Canal + Group cyatangaje ko cyaguze imwe mu nzu zitunganya amashusho n’amajwi yitwa Zacu Entertainment....
Sosiyete icuruza amashusho, CANAL+ iri kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 imaze iha serivisi abatuye Africa. Mu kwishimira iyi sabukuru yadabagije abakiliya bayo ndetse yorohereza buri Munyarwanda wese...
Ubuyobozi bw’Ikigo gitanga serivisi z’amashusho Canal + Rwanda bwatangarije kuri Twitter ko bwifuriza abakiliya ba kiriya kigo kuzagira umwaka mushya muhire. Buvuga ko bwifuriza abakiliya babwo kuzag...
Nyuma y’uko Ambasaderi w’u Butaliyani muri DRC yicwa n’abarwanyi bivugwa ko ari aba FDLR, hasohowe Video yerekana uko byagenze. Amb Luca Attanasio yicanywe n’umushoferi we hamwe n’uwari ushinzwe kumur...







