Vladmir Yann Bajeneza na bagenzi be bahurije mu cyo bise Tek Afrika Ltd bateguye ikoranabuhanga rikoresha uburyo bise School Box avuga ko bakoze uriya mushinga nyuma yo kubona ko hari ababyeyi bahora ...
Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abi...
Hejuru y’umugezi wa Mwogo hubatswe ikiraro gica hejuru yawo kigahuza Akarere ka Nyanza n’Akarere ka Nyamagabe. Gifite uburebure bwa metero 150 kikaba gifite agaciro ka Miliyoni Frw 204. Kizafasha abat...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki 04, Mutarama, 2023 nibwo abakozi ba Leta batangiye gukorera ku ngengabihe nshya igena ko akazi gatangira saa tatu kakarangira saa kumi n’imwe. Abaturage bamwe bavuga ko aya m...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2022/2023 ibigo by’amashuri byo muri uyu mujyi bizafashwa gutera ibiti 285,805 byiganjemo iby’imbuto. Ni icyiciro cya mbere cy...
Imwe mu ngingo Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente aherutse kugarukaho mu kiganiro yagiranye n’abarimu bari baje kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abarimu ni ugucunga neza umutungo w’ibigo by...
Abayobozi b’ibigo bishamikiye kuri Minisiteri y’uburezi ari bwo REB na NESA batangiriye mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Muhanga bagenzura niba abarimu bigisha uko bikwiye ndetse niba n’abana bitabir...
Mu gace kitwa Gahondo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro haravugwa umwarimu ufite imyaka 30 y’amavuko ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13. Ubu ari gushikishwa n’inzego z’umutekano. I...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente amaze gutangariza Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, imitwe yombi, ko Guverinoma yamaze guteganya Miliyari Frw 5 zo gushyira mu kigega giha abarimu inguzanyo ...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Gaspard Twagirayezu yaraye atangaje ko iyi Minisiteri yahinduye uburyo amanota yatangazwagamo mu rwego rwo ‘korohe...









