Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari kumwe na Komiseri mu Muryango w’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen basinye amasezerano y’ubufatanye bw’impande zombi mu guteza imber...
Mu rwego rwo gufasha abana gusubira mu mashuri, ingabo na Polisi by’u Rwanda boherejwe muri Mozambique kuhagarura amahoro bahaye abana b’aho amakayi n’amakaramu. Abana bahawe ibi bikoresho ni abo mu M...
Ubufatanye bwa Airtel Rwanda n’Ishami ry’Umuryango w’abibumbye ryita ku bana bwatumye kuri uyu Kabiri hamurikwa ku mugaragaro ikoranabuhanga rikoresha murandasi yatanzwe na Airtel Rwanda ngo ifashe ab...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, ruherutse gukora isuzuma ryaguye mu mashuri atandukanye rusanga agera kuri 54 adakwiye gukomeza gukora. Ni igenzura ryakozwe mu mw...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), cyatangaje uko abanyeshuri bacumbikirwa bazataha mu miryango yabo mu biruhuko biri hafi gutangira. Ni ibiruhuko bikuru birangiza u...
Hirya no hino mu Rwanda hatangiye ibizamini ngiro ku banyeshuri biga imyuga n’ubumenyi ngiro. Bavuga ko bazabitsinda kandi ko bafite ibikoresho bihagije byo kubafasha kubikora. Bamwe muri bo ni abiga ...
Umuyobozi w’ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kurengera ibidukikije Juliet Kabera avuga ko Leta iri gusuzuma uko amasahane n’ibikombe byacika mu mashuri. Kabera avuga ko amasahane n’ibikombe abana bariraho...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 ingabo z’u Rwanda zigize ikitwa RWABATT10 zikorera muri Repubulika ya Centrafrique zamurikiye ubuyobozi bwo mu gace zikoreramo n’ubwa MINUSCA ibyumba bitan...
Abapolisi b’u Rwanda baba mu itsinda ryiswe RWAFPU1-7 batumwe kugarura amahoro muri Sudani y’Epfo bahaye abana baba mu nkambi ibikoresho by’ishuri kugira ngo bige neza. Ibyo bikoresho bigenewe abana b...
Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Mudugudu wa Rwufe mu Kagari ka Mujuga mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe basaba ubuyobozi kubaha aho kwigira gusoma no kwandika, ariko ubuyobozi bukavuga ko ...









